RIB yemeye gushyiraho Umuvugizi wayo wungirije
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemereye Itangazamakuru ko rugiye gushyiraho Umuvugizi wungirije nyuma y’uko hari Abanyamakuru babitanzeho icyifuzo. Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda yabitangaje kuri uyu wa Gatanu…
Read moreUmuturage uhembwa munsi y’ibihumbi 100Frw arasabwa ruswa y’ibihumbi 269Frw-Transparency
Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda (Transparency International-Rwanda), uratabariza Abaturarwanda barenga 71% bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 100 ku kwezi, ariko bagasabwa ruswa ihanitse itari munsi y’ibihumbi 269Frw.…
Read moreInsengero muzivemo musengere kuri telefone-Perezida Kagame(video)
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakuriye inzira ku murima ba nyiri insengero zafunzwe bari bategereje ko zongera gufungurwa nyuma yo kuzuza ibyo basabwaga, birimo ikijyanye no kwirinda gusakuriza abaturanyi bazo,…
Read moreUrupfu rwa Mutoniwase Diane rukomeje kwegekwa ku wamwokerezaga inyama
Urupfu rwa Mutoniwase Diane(Toni), rwazindutse ruvugwa ku wa Gatanu tariki 21 Ugushyingo 2025, aho rwabereye mu kabari k’uwo mukobwa gaherereye mu Kagari ka Gako, Umurenge wa Masaka, mu Karere ka…
Read moreGitifu w’Akarere n’abandi 13 bafunzwe bazira kurya iby’abarokotse Jenoside
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa (Gitifu) w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David, n’abandi baregwa kuba abafatanyacyaha, harimo abakozi bashinzwe amasoko, ushinzwe ubwubatsi, ushinzwe imibereho myiza,…
Read moreAimable karasira asigaje amezi 8 agafungurwa
Kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Nzeri 2025, Urukiko Rukuru, Urugereko rwa Nyanza, rwakatiye Aimable Karasira wahoze ari Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, igifungo cy’imyaka itanu, ariko ko bitewe n’uko…
Read more












