Kicukiro: Umushumba akurikiranyweho gusambanya inka yaragiraga

Ubushinjacyaha bwareze umushumba w’inka ufite imyaka 23 mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, aho bumushinja gukora igikorwa gishingiye ku gitsina ku nyamaswa(cyo gusambanya inka yaragiraga). Icyaha uwo mushumba w’inka akurikiranyweho cyakozwe…

Read more

Rulindo: Bakomeje gutakambirira Padiri Mukuru ufungiwe muri Transit Center

Abayoboke ba Kiliziya Gatolika, by’umwihariko abo muri Paruwasi ya Rutonde, iherereye mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo muri Arkidiyosezi ya Kigali, baratakambirira Padiri Mukuru wabo witwa Gakuba Célestin,…

Read more

Gasabo-Jabana: Babuze imbwa zabo baza gusanga barazitekewe  bazirya batabizi

Mu kagari ka Ngiryi, Umurenge wa Jabana w’Akarere ka Gasabo bavuga ko hari imbwa nyinshi batakibona, bakaba bavuga ko zariwe nyuma yo gufata abasore babiri batetse inyama z’imbwa bakazigaburira abaturage.…

Read more

RIB yemeye gushyiraho Umuvugizi wayo wungirije

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemereye Itangazamakuru ko rugiye gushyiraho Umuvugizi wungirije nyuma y’uko hari Abanyamakuru babitanzeho icyifuzo. Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda yabitangaje kuri uyu wa Gatanu…

Read more

Umuturage uhembwa munsi y’ibihumbi 100Frw arasabwa ruswa y’ibihumbi 269Frw-Transparency

Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda (Transparency International-Rwanda), uratabariza Abaturarwanda barenga 71% bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 100 ku kwezi, ariko bagasabwa ruswa ihanitse itari munsi y’ibihumbi 269Frw.…

Read more

Insengero muzivemo musengere kuri telefone-Perezida Kagame(video)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakuriye inzira ku murima ba nyiri insengero zafunzwe bari bategereje ko zongera gufungurwa nyuma yo kuzuza ibyo basabwaga, birimo ikijyanye no kwirinda gusakuriza abaturanyi bazo,…

Read more

Urupfu rwa Mutoniwase Diane rukomeje kwegekwa ku wamwokerezaga inyama

Urupfu rwa Mutoniwase Diane(Toni), rwazindutse ruvugwa ku wa Gatanu tariki 21 Ugushyingo 2025, aho rwabereye mu kabari k’uwo mukobwa gaherereye mu Kagari ka Gako, Umurenge wa Masaka, mu Karere ka…

Read more

Gitifu w’Akarere n’abandi 13 bafunzwe bazira kurya iby’abarokotse Jenoside

Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa (Gitifu) w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David, n’abandi baregwa kuba abafatanyacyaha, harimo abakozi bashinzwe amasoko, ushinzwe ubwubatsi, ushinzwe imibereho myiza,…

Read more

Aimable karasira asigaje amezi 8 agafungurwa

Kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Nzeri 2025, Urukiko Rukuru, Urugereko rwa Nyanza, rwakatiye Aimable Karasira wahoze ari Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, igifungo cy’imyaka itanu, ariko ko bitewe n’uko…

Read more