Dore aho warebera ko watsinze ibizamini bisoza ayimbuye 2024
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye byakozwe mu mezi ya Nyakanga na Kanama 2024, aho 78.6% ari bo babitsinze bakaba bazahabwa impamyabumenyi. MINEDUC ivuga ko abanyeshuri bari biyandikishije…
Read moreAmashuri atujuje ibisabwa agiye gufungwa
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) yatangaje ko igiye gufunga amashuri atemewe muri buri Karere, kubera gukorera mu nyubako zitujuje ibisabwa zahoze zikoreshwa nk’utubari cyangwa ahacururizwa, ubu hahindutse amashuri y’incuke cyangwa abanza. Ibitangazamakuru birimo…
Read moreTumenye amabara y’inka n’ibyiciro by’ubukure bwazo
Hambere aho mu Rwanda inka zari ishingiro ry’ubukungu no guteza imbere imibanire y’abantu n’umuco, ku buryo zahabwaga amazina rimwe na rimwe hashingiwe ku mabara yazo, ashobora kuba atazwi n’ababyiruka muri…
Read moreAbafite abana mu mashuri ya Leta mushake code zabo mwishyuriraho
Ikigo cy’Imari cya Umwarimu SACCO cyakira amafaranga y’ishuri ku biga mu mashuri ya Leta n’afatanya na yo ku bw’amasezerano, cyatanze code ya Mobile Money(MoMo Pay Code) ababyeyi bajya bishyuriraho abana.…
Read moreAbanyeshuri basabye guhindurirwa ibigo bongerewe icyumweru cyo gutegereza ibisubizo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyatangaje ko abanyeshuri bacumbukirwa basabye guhindurirwa ibigo n’ibyo biga, bazasubizwa kuva tariki 13-17 Nzeri 2024. Mu gihe abandi amasomo atangira tariki 9 Nzeri…
Read moreDore amazina yiswe Abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda mu myaka yashize
Mu bigo bitandukanye bihuriramo abantu benshi nko mu mashuri, muri gereza, mu gisirikare, mu bacuruzi n’ahandi, usanga habaho ibikorwa byo kwakira abantu bashya babinjiyemo ariko bisa n’ibyo kubacisha bugufi kugira…
Read moreAbashaka kureba uko batsinze ibizamini bya Leta bakanda hano
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA), cyatangaje amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, icyiciro rusange muri 2024. Abashaka kureba uko batsinze ibyo bizamini bakora ‘copy and paste’…
Read moreDore aho wakurikira(live) itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya Leta kuri uyu wa 2
Minisiteri y’Uburezi (MINEDCUC), ibinyujije mu kigo kiyishamikiyeho (NESA), iratangaza kuri uyu wa kabiri saa tanu z’amanywa, amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri wa…
Read moreDore uko ingendo z’abanyeshuri zizaba ziteye guhera mu cyumweru gitaha
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA) cyagaragaje gahunda yo gusubira ku ishuri gutangira umwaka wa 2024-2025, ikaba izatangira gushyirwa mu bikorwa guhera mu cyumweru gitaha.
Read moreGutangira kw’amashuri biratunguranye
Mu babyeyi n’abarezi baganiriye na Kigali Today hari abavuga ko gutangira k’umwaka w’amashuri ku itariki 9 Nzeri 2024 ntacyo bitwaye, ariko hakaba n’abavuga ko batunguwe ku buryo abanyeshuri bashobora gutangira…
Read more