Kugeza internet ya 5G mu mashuri byaba bizateza abarimu gutakaza akazi?
Umushinga wa Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) wiswe ‘Smart Education Project ugamije gukwirakwiza murandasi (internet) y’ikiragano cya 5(5G) mu mashuri yose mu Rwanda, hari abarimu wateye impungenge z’uko bashobora gutakaza akazi bitewe…
Read moreIshuri ry’incuke n’abafite ‘autism’ ry’i Runda rizakoresha ikoranabuhanga ry’u Buyapani
Ikigo cy’u Buyapani gishinzwe Iterambere mpuzamahanga(JICA), kirizeza ubufasha bwo guteza imbere uburezi budaheza (cyane cyane abafite ubumuga bwo mu mutwe bwitwa ‘autism’), gihereye ku ishuri ryitwa Académie Pierre Généreuse (APIGENE)…
Read moreDore Nayini nshya aho abanyeshuri batsinda icya Leta hafi ya bose
Hari ababyeyi babona abana babo boherejwe mu mashuri atanga uburezi bw’ibanze bw’imyaka 9(NYBE), cyane cyane aya mashya atararenza imyaka itatu, bikabatera ikibazo, nyamara hari atangiye guhindura iyi myumvire, aho abana…
Read moreDore impamvu utazahabwa kwiga muri iki kigo niba ari ho wajuririye
Twifuje kukugaragariza impungenge z’uko umwana wawe ashobora kutazahabwa umwanya mu bigo bikurikira, niba ari ho wajuririye nyuma yo kubona ko aho uwo mwana yoherejwe na NESA mutahishimiye kubera impamvu zitandukanye.…
Read moreItangazwa ry’amanota y’abanyeshuri, dore aho warebera
Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA), iratangaza amanota y’abarangije amashuri abanza(P6) hamwe n’abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye(S3) kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Kanama 2025, saa cyenda…
Read moreDore aho warebera ko watsinze ibizamini bisoza ayimbuye 2024
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) yatangaje amanota y’ibizamini bisoza amashuri yisumbuye byakozwe mu mezi ya Nyakanga na Kanama 2024, aho 78.6% ari bo babitsinze bakaba bazahabwa impamyabumenyi. MINEDUC ivuga ko abanyeshuri bari biyandikishije…
Read moreAmashuri atujuje ibisabwa agiye gufungwa
Minisiteri y’Uburezi(MINEDUC) yatangaje ko igiye gufunga amashuri atemewe muri buri Karere, kubera gukorera mu nyubako zitujuje ibisabwa zahoze zikoreshwa nk’utubari cyangwa ahacururizwa, ubu hahindutse amashuri y’incuke cyangwa abanza. Ibitangazamakuru birimo…
Read moreTumenye amabara y’inka n’ibyiciro by’ubukure bwazo
Hambere aho mu Rwanda inka zari ishingiro ry’ubukungu no guteza imbere imibanire y’abantu n’umuco, ku buryo zahabwaga amazina rimwe na rimwe hashingiwe ku mabara yazo, ashobora kuba atazwi n’ababyiruka muri…
Read moreAbafite abana mu mashuri ya Leta mushake code zabo mwishyuriraho
Ikigo cy’Imari cya Umwarimu SACCO cyakira amafaranga y’ishuri ku biga mu mashuri ya Leta n’afatanya na yo ku bw’amasezerano, cyatanze code ya Mobile Money(MoMo Pay Code) ababyeyi bajya bishyuriraho abana.…
Read moreAbanyeshuri basabye guhindurirwa ibigo bongerewe icyumweru cyo gutegereza ibisubizo
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyatangaje ko abanyeshuri bacumbukirwa basabye guhindurirwa ibigo n’ibyo biga, bazasubizwa kuva tariki 13-17 Nzeri 2024. Mu gihe abandi amasomo atangira tariki 9 Nzeri…
Read more