eKash: ntibikiri ngombwa gutwara amafaranga mu mufuka no mu ntoki

Usanzwe ukanda *182*1*2# ukohereza amafaranga hagati ya MTN Mobile Money na Airtel Money, cyangwa *182*4*2# ushaka kuyavana kuri Mobile Money/Airtel Money uyashyira kuri Banki, cyangwa ushaka kuyakura kuri banki uyayishyira…

Read more

Perezida Kagame na Tshisekedi basinyiye guhana amahoro imbere ya Trump

Imbere ya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, abakuru b’ibihugu bya Congo n’u Rwanda bamaze gushyira umukono ku masezerano yo guhana amahoro hagati y’ibihugu byombi. U Rwanda…

Read more

Umuturage uhembwa munsi y’ibihumbi 100Frw arasabwa ruswa y’ibihumbi 269Frw-Transparency

Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda (Transparency International-Rwanda), uratabariza Abaturarwanda barenga 71% bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 100 ku kwezi, ariko bagasabwa ruswa ihanitse itari munsi y’ibihumbi 269Frw.…

Read more

Uko ibishingwe byaba imari ishyushye n’ubukungu bwisubira mu Rwanda-Abahinzi

Ubashije kurundarunda ibyatsi, amababi y’ibiti n’ibindi bisigazwa by’ibintu byose bibasha kubora, ukabishyira mu ngarani, ugashyiramo iminyorogoto, birahagije ko nyuma y’amezi abiri watangira gukirigita ifaranga rivuye ku kugurisha ifumbire y’imborera, aho…

Read more

Muri zone y’inganda i Kigali bakomeje gusaba bisi zabarinda amabandi

Abakozi bo mu nganda zo muri Kigali Special Economic Zone (KSEZ) barasaba inzego zibishinzwe kubaha imodoka za rusange, kugira ngo baruhuke kugenda n’amaguru, aho bagera mu kazi bakererewe, ndetse n’iyo…

Read more

Kuzamura ibiciro bya lisansi na mazutu bigiye guca imodoka mu muhanda

Hari abafite imodoka zabo bwite bagaragaza impungenge ku izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peterori bimaze kwikuba inshuro zirenga 2 kuva mu myaka 10 ishize, aho babona ko izi modoka hamwe na…

Read more

Imyigaragambyo yamagana amatora muri Tanzania yatwikiwemo amakamyo atwaye ibiruzwa by’u Rwanda

Imyigaragambyo yatewe no kwanga amatora muri Tanzania yatangiye kugira ingaruka zikomeye ku Rwanda, aho amakamyo arenga 1,000 arimo kuzana ibicuruzwa yahagaze mu nzira, mu rwego rwo kwirinda guhura n’abashobora kuyatwika…

Read more

RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…

Read more

Mu bakunda u Rwanda Umunyamerika Howard Buffet yabaye intangarugero

Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko umuntu wese ukunda u Rwanda ari uwerekana ibikorwa bigamije ineza n’inyungu by’Abanyarwanda b’ibyiciro byose, we atareba inyungu ze bwite. Umuyobozi…

Read more

U Rwanda rwahawe miliyari 22 Frw azifashishwa mu guteza imbere ibyaro

Amakuru ALARMNEWS ikesha ikinyamakuru IGIHE avuga y’uko Leta y’u Rwanda na Banki Itsura Amajyambere y’u Budage, KfW, basinye amasezerano y’inkunga ifite agaciro ka miliyari 22 Frw (miliyoni 15 z’Ama-Euro), azifashishwa…

Read more