Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga
Urugaga rw’abikorera mu Rwanda, PSF ruvuga ko izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri Peterori na gaz ku masoko mpuzamahanga, rigiye kugira ingaruka ku Rwanda bitewe n’intambara Amerika na Israel byashoye kuri Iran. …
Read moreIngengo y’Imari y’u Rwanda muri 2025-2026 yagabanyijwe
Inteko ishinga Amategeko y’u Rwanda, Umutwe w’Abadepite, yemeje ko Ingengo y’Imari y’uyu mwaka wa 2025-2026 igabanywaho miliyari 80.4Frw, bitewe n’uko amafaranga yasabwaga mu kubaka Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali (kiri…
Read moreU Rwanda rwabonye ibimasa by’inka zishobora gukamwa litiro 10,000
Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi(RAB) cyakiriye ibimasaby’ifirizoni (holstein-friesian)bivuye mu Budage, bizatanga intanga z’inka z’umukamo mwinshi ushobora kugera kuri litiro ibihumbi 10 mu gihe cyose inka imara yonsa (ikamwa). Imbuga za…
Read moreMINAGRI na FAO batanze impamyabumenyi za IAMU ku bahinzi-borozi 91
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) hamwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO) bahaye impamyabumenyi abahinzi-borozi 91, hamwe na ba goronome n’aba veterineri 9, bose bari bamaze imyaka ine mu Ishuri…
Read moreDUHAMIC-ADRI irizeza akazi urubyiruko rurenga 80,000
Umuryango ushinzwe guteza imbere icyaro, DUHAMIC-ADRI, urizeza urubyiruko rurenga ibihumbi 80 rwo mu turere 29 ukoreramo, kuzabona akazi keza bitarenze imyaka 2 (kugera muri 2027), gashingiye ahanini ku buhinzi bw’imboga…
Read moreeKash: ntibikiri ngombwa gutwara amafaranga mu mufuka no mu ntoki
Usanzwe ukanda *182*1*2# ukohereza amafaranga hagati ya MTN Mobile Money na Airtel Money, cyangwa *182*4*2# ushaka kuyavana kuri Mobile Money/Airtel Money uyashyira kuri Banki, cyangwa ushaka kuyakura kuri banki uyayishyira…
Read morePerezida Kagame na Tshisekedi basinyiye guhana amahoro imbere ya Trump
Imbere ya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, abakuru b’ibihugu bya Congo n’u Rwanda bamaze gushyira umukono ku masezerano yo guhana amahoro hagati y’ibihugu byombi. U Rwanda…
Read moreUmuturage uhembwa munsi y’ibihumbi 100Frw arasabwa ruswa y’ibihumbi 269Frw-Transparency
Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda (Transparency International-Rwanda), uratabariza Abaturarwanda barenga 71% bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 100 ku kwezi, ariko bagasabwa ruswa ihanitse itari munsi y’ibihumbi 269Frw.…
Read moreUko ibishingwe byaba imari ishyushye n’ubukungu bwisubira mu Rwanda-Abahinzi
Ubashije kurundarunda ibyatsi, amababi y’ibiti n’ibindi bisigazwa by’ibintu byose bibasha kubora, ukabishyira mu ngarani, ugashyiramo iminyorogoto, birahagije ko nyuma y’amezi abiri watangira gukirigita ifaranga rivuye ku kugurisha ifumbire y’imborera, aho…
Read more















