Leta yatangiye gutanga ibiribwa ku bugarijwe n’amapfa

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) ivuga ko yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage bo mu Murenge wa Ndego w’Akarere ka Kayonza batahiriwe n’Umuhindo w’umwaka wa 2025, bakaba bamaze igihe bataka ko bugarijwe n’amapfa…

Read more

Impinduka muri Guverinoma-Dr Muligande muri Sena, Gen Kabarebe asubiye ku Bujyanama

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z’Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi…

Read more

Si ngombwa guhinga-abahanga mu buhinzi

Muri iki gihembwe cy’ihinga A kirangwa n’imvura y’umuhindo, hari ushobora kuvuga ko yakererewe kurima amasinde n’intabire mu murima we, nyamara bitakiri ngombwa, nk’uko bisobanurwa n’abahanga bakorera Ishuri rikuru ry’u Rwanda…

Read more