MINAGRI na FAO batanze impamyabumenyi za IAMU ku bahinzi-borozi 91
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) hamwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO) bahaye impamyabumenyi abahinzi-borozi 91, hamwe na ba goronome n’aba veterineri 9, bose bari bamaze imyaka ine mu Ishuri…
Read moreDUHAMIC-ADRI irizeza akazi urubyiruko rurenga 80,000
Umuryango ushinzwe guteza imbere icyaro, DUHAMIC-ADRI, urizeza urubyiruko rurenga ibihumbi 80 rwo mu turere 29 ukoreramo, kuzabona akazi keza bitarenze imyaka 2 (kugera muri 2027), gashingiye ahanini ku buhinzi bw’imboga…
Read moreLeta yatangiye gutanga ibiribwa ku bugarijwe n’amapfa
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) ivuga ko yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage bo mu Murenge wa Ndego w’Akarere ka Kayonza batahiriwe n’Umuhindo w’umwaka wa 2025, bakaba bamaze igihe bataka ko bugarijwe n’amapfa…
Read moreImpinduka muri Guverinoma-Dr Muligande muri Sena, Gen Kabarebe asubiye ku Bujyanama
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z’Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi…
Read moreSi ngombwa guhinga-abahanga mu buhinzi
Muri iki gihembwe cy’ihinga A kirangwa n’imvura y’umuhindo, hari ushobora kuvuga ko yakererewe kurima amasinde n’intabire mu murima we, nyamara bitakiri ngombwa, nk’uko bisobanurwa n’abahanga bakorera Ishuri rikuru ry’u Rwanda…
Read more











