Inteko irashaka umuceri w’umweru kandi uhumura nk’uva hanze

Inteko ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, ivuga ko Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI, hamwe n’ishinzwe Ubucuruzi n’Inganda MINICOM, zemeye gushyiraho ingamba zituma umusaruro w’ibigori n’umuceri ubasha guhatana n’utumizwa mu mahanga. Inteko ivuga…

Read more

Kayonza-KIIWP: Bavuye ku myumbati yitwa Maguruyinkware

Abaturage b’i Kayonza bafashwa n’Umushinga wa Leta witwa KIIWP kuhira imirima nyuma yo kwibasirwa n’amapfa kuva mu myaka 10 ishize, ubu biteze umusaruro w’imyumbati uzasagurirwa amasoko, kuko bavuye ku mbuto…

Read more

KIIWP-Kayonza: Ahigeze amapfa ubu barahinga igihe cyose

Umushinga wa Leta y’u Rwanda wiswe KIIWP wagenewe kuhira no kubungabunga ibyogogo mu mirenge yigeze kwibasirwa n’amapfa mu Karere ka Kayonza, uvuga ko abifuza gushora imari muri ako gace ubu bafite…

Read more

Rwanda: Abantu bose bagiye gutura kuri 15% by’ubuso bw’Igihugu, mu midugudu 2 gusa ya buri kagari

Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko Igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka cyageneye Abaturarwanda aho gutura hangana na 15% by’ubuso bw’Igihugu bwose, aho buri kagari katazarenza imidugudu ibiri yo guturamo. Ibi byateje kwinuba kwa…

Read more

MINAGRI na FAO batanze impamyabumenyi za IAMU ku bahinzi-borozi 91

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) hamwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO) bahaye impamyabumenyi abahinzi-borozi 91, hamwe na ba goronome n’aba veterineri 9, bose bari bamaze imyaka ine mu Ishuri…

Read more

DUHAMIC-ADRI irizeza akazi urubyiruko rurenga 80,000

Umuryango ushinzwe guteza imbere icyaro, DUHAMIC-ADRI, urizeza urubyiruko rurenga ibihumbi 80 rwo mu turere 29 ukoreramo, kuzabona akazi keza bitarenze imyaka 2 (kugera muri 2027), gashingiye ahanini ku buhinzi bw’imboga…

Read more

Leta yatangiye gutanga ibiribwa ku bugarijwe n’amapfa

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) ivuga ko yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage bo mu Murenge wa Ndego w’Akarere ka Kayonza batahiriwe n’Umuhindo w’umwaka wa 2025, bakaba bamaze igihe bataka ko bugarijwe n’amapfa…

Read more

Impinduka muri Guverinoma-Dr Muligande muri Sena, Gen Kabarebe asubiye ku Bujyanama

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z’Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi…

Read more

Si ngombwa guhinga-abahanga mu buhinzi

Muri iki gihembwe cy’ihinga A kirangwa n’imvura y’umuhindo, hari ushobora kuvuga ko yakererewe kurima amasinde n’intabire mu murima we, nyamara bitakiri ngombwa, nk’uko bisobanurwa n’abahanga bakorera Ishuri rikuru ry’u Rwanda…

Read more