Iran yahagaritse gutera ibihugu by’Abarabu
Nyuma y’icyumweru cyose gishize intambara ica ibintu hagati ya Iran na Amerika ifatanyije na Israel, Iran yatangaje ko ihagaritse ibitero ku bihugu by’Abarabu, keretse ahazaturuka ibisasu mu birindiro bya Leta…
Read moreDore igikeri (umutubu) cyavuyeho uburozi bwishe Navalny
Ibihugu by’i Burayi birimo u Bwongereza bivuga ko uwari umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladmir Putin w’u Burusiya, Alexei Navalny, yishwe hifashishijwe uburozi buboneka ku ruhu rw’igikeri cy’umutubu gifite…
Read morePerezida Ndayishimiye yasasiwe ibitenge avuye kugabana ubuyobozi bwa Afurika
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yakirijwe impundu, asasirwa ibitenge ageze i Bujumbura, aho yari avuye i Addis Abeba muri Ethiopia amaze guhabwa kuyobora Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe ku nshuro…
Read moreTshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23
Nyuma y’uko Leta y’u Rwanda itangaje koifitanye ubuhuzabikorwa mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo na we yasubije kuri uyu wa Gatandatu ko igihe cyo…
Read moreAmato n’indege by’intambara byasatiriye Iran, ingendo muri ako gace zahagaze
Ubwato bw’intambara bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika USS Abraham Lincoln bumaze iminsi buhagaritse gutanga amakuru agaragaza aho buherereye igihe bwari bumaze kwegera Uburasirazuba bwo Hagati, bikaba byateje ubwoba mu …
Read morePerezida w’u Bufaransa yijeje ubufasha uwa Congo Kinshasa
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yakiriye mugenzi wewa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(RD Congo), Félix Antoine Tshisekedi, kuri uyu wa 23 Mutarama 2026, amwizeza ubufasha bwose mu gushakira amahoro uburasirazuba…
Read moreU Burusiya burifuza guhuza u Rwanda na Congo kuko ‘intambara itazarangira vuba’
U Burusiya bwatangaje ko bwiteguye gutanga umusanzu wo kumvikanisha Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) n’u Rwanda mu gihe bwabisabwa, kuko bubona ko intambara idateze kurangira vuba. Mu kiganiro yahaye Itangazamakuru…
Read moreU Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica
U Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare barwo b’inzobere mu bwubatsi (military engineers), bakaba bagiye gufasha icyo gihugu gusana ibikorwa remezo byangijwe n’ibiza by’inkubi y’umuyaga yiswe Melissa, mu mpera z’umwaka…
Read moreUSA yafatiye muri Atlantique amato y’u Burusiya atwara peterori
Leta zunze Ubumwe za Amerika(USA) zatangaje ko zafatiye mu nyanja ya Atlantique amato y’u Burusiya atwara peterori iva muri Venezuela, harimo bumwe bwitwa Bella 1 bwari buherekejwe n’ingabo z’u Burusiya.…
Read moreUko Perezida Maduro yagejejwe muri Amerika ameze
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika(USA) yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela no ku murwa mukuru Caracas by’umwihariko, bikaba byibasiye cyane no ibigo bya gisirikare, akaba yaje…
Read more
















