Perezida Kagame na Tshisekedi basinyiye guhana amahoro imbere ya Trump
Imbere ya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, abakuru b’ibihugu bya Congo n’u Rwanda bamaze gushyira umukono ku masezerano yo guhana amahoro hagati y’ibihugu byombi. U Rwanda…
Read moreImpinduka muri Guverinoma-Dr Muligande muri Sena, Gen Kabarebe asubiye ku Bujyanama
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z’Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi…
Read moreKicukiro: Abanya-Eritrea bubatse ibibuga by’imikino harimo n’ahakinirwa igisoro
Abanya Eritrea batuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bubatse muri Kicukiro ibibuga bigezweho bikorerwaho imyitozo ngororamubiri, ndetse n’ahakinirwa indi mikino irimo igisoro. Ni ibibuga byubatswe mu Murenge wa Kagarama,…
Read moreIbura ry’umuriro ku cyumweru ryaturutse ku miyoboro u Rwanda rusangiye n’Akarere-REG
Ikigo gishinzwe Ingufu mu Rwanda (REG) cyatangarije KIGALIINFO ko ibura ry’umuriro ryabayeho ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 09 Ugushyingo 2025 mu Gihugu hose, ryaturutse ku miyoboro u Rwanda rusangiye…
Read moreKugeza internet ya 5G mu mashuri byaba bizateza abarimu gutakaza akazi?
Umushinga wa Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) wiswe ‘Smart Education Project ugamije gukwirakwiza murandasi (internet) y’ikiragano cya 5(5G) mu mashuri yose mu Rwanda, hari abarimu wateye impungenge z’uko bashobora gutakaza akazi bitewe…
Read moreHafi y’ikibuga cy’indege cya Bujumbura harimo kugeragerezwa imbunda
Igisirikare cy’u Burundi(FDNB) cyatangarije abaturiye Umujyi wa Bujumbura hafi y’inkambi ya Gatumba yitwa 111 ko harimo kugeragerezwa imbunda, kubera iyo mpamvu ngo abantu ntibagomba gukeka ko hari umutekano muke muri…
Read moreKabila ngo si uwa Kabila, arasabirwa igihano cy’urupfu
Abanyamategeko ba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) basabye urukiko rukuru rwa gisirikare guhamya Joseph Kabila ibyaha byo kubeshya ko ari Umunyekongo nyamara ngo ari Umunyarwanda wagambaniye Igihugu cya…
Read morePutin yahawe icyubahiro kirenze, Trump atahira aho
Guhura kwa Perezida Trump wa Amerika na Putin w’u Burusiya hari ababinenze bavuga ko Perezida wa Amerika yabihombeyemo kuko nta cyo u Burusiya bwamwemereye kijyanye no guhagarika intambara muri Ukraine,…
Read moreAha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaze kwemeza ko mu biganiro bizamuhuza na mugenzi we Vladimir Putin kuri uyu wa Gatanu, hazabaho gusuzuma niba u Burusiya butaharirwa…
Read moreAbacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10
Inama y’Ubucuruzi y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba(EABC) irakangurira Abacuruzi b’u Rwanda kwitabira Ihuriro ryiswe “East African Business & Investment Summit & Expo 2025” rizabera i Nairobi muri Kenya tariki 16-17 Ukwakira…
Read more
















