Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko atumva uburyo abantu babiri bananirwa kubana nk’abashakanye kugera ubwo batandukana. Izi gatanya(divorces) zikaba ziganje mu bakiri bato barimo gushinga ingo muri iyi myaka…

Read more

Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

Nyuma y’uko Leta y’u Rwanda itangaje koifitanye ubuhuzabikorwa mu by’umutekano n’umutwe wa AFC/M23, Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo na we yasubije kuri uyu wa Gatandatu ko igihe cyo…

Read more

Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) ifatanyije n’izindi nzego, bahuje ubutwari no kuvuga Ikinyarwanda kiboneye kitavanze n’izindi ndimi cyangwa amagambo mashya yadutse mu rubyiruko rw’iki gihe. MINUBUMWE ifatanyije n’Urwego rushinzwe…

Read more

Perezida w’u Bufaransa yijeje ubufasha uwa Congo Kinshasa

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yakiriye mugenzi wewa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(RD Congo), Félix Antoine Tshisekedi, kuri uyu wa 23 Mutarama 2026, amwizeza ubufasha bwose mu gushakira amahoro uburasirazuba…

Read more

U Burusiya burifuza guhuza u Rwanda na Congo kuko ‘intambara itazarangira vuba’

U Burusiya bwatangaje ko bwiteguye gutanga umusanzu wo kumvikanisha Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) n’u Rwanda mu gihe bwabisabwa, kuko bubona ko intambara idateze kurangira vuba. Mu kiganiro yahaye Itangazamakuru…

Read more

U Rwanda rwohereje abasirikare muri Jamaica

U Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare barwo b’inzobere mu bwubatsi (military engineers), bakaba bagiye gufasha icyo gihugu gusana ibikorwa remezo byangijwe n’ibiza by’inkubi y’umuyaga yiswe Melissa, mu mpera z’umwaka…

Read more

Dore imyanzuro y’Inama Nkuru y’Umuryango FPR Inkotanyi iheruka guterana

Umuryango FPR Inkotanyi watangaje kuri uyu wa Gatatu, imyanzuro yafatiwe mu Nama Nkuru ya 17 yateranye ku wa 19 Ukuboza 2025, harimo kwemeza umushinga w’ivugururwa ry’amategeko y’Umuryango FPR Inkotanyi, hamwe…

Read more

Uko Perezida Maduro yagejejwe muri Amerika ameze

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika(USA) yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela no ku murwa mukuru Caracas by’umwihariko, bikaba byibasiye cyane no ibigo bya gisirikare, akaba yaje…

Read more

1/4 cy’ikinyejana kirarangiye, dore iby’ingenzi byabaye mu Rwanda kugeza ubu

Tariki ya 01 Mutarama 2000 ubwo ikinyejana cya 21 cyari gitangiye, hari imbaga y’abaturage baraye muri Sitade Amahoro, bamwe bari bamaze kurya utwabo bibwira ko imperuka iza kuba, batungurwa no…

Read more

CHENO yibukije Abanyarwanda Indangagaciro na kirazira zazo

Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi w’Intwari z’Igihugu ku itariki ya 01 Gashyantare 2026, Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO) rwibukije Abanyarwanda Indangagaciro z’Umuco w’u Rwanda, buri…

Read more