Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)

Umuhango wo gusezera bwa nyuma ku mubiri wa Gahongayire Claudine witabye Imana ku wa Kane w’icyumweru gishize, urimo kubera mu Gatsata aho yari atuye kuri uyu wa Kabiri tariki 12…

Read more

Trump yari yabiciye amarenga, Cardinal w’Umunyamerika abaye Papa

Cardinal w’Umunyamerika, Robert Francis atorewe kuba Papa, afata izina rya Leon XIV nyuma y’amatora yari amaze iminsi ibiri abera i Vatican muri Chapeli Sistine. Ku isaha ya saa kumi n’ebyiri…

Read more

Dore bamwe mu bakaridinali barimo Abanyafurika bazavamo Papa mushya

Nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisiko ku wa 21 Mata 2025, hari Abakaridinali 135 bafite imyaka y’amavuko iri munsi ya 80 bemerewe gutora uzamusimbura, baturuka mu bihugu 71 ku migabane yose…

Read more

Ubuhanuzi bwo mu 1143 bwavugaga ko Papa Francis ari we wa nyuma

Ubuhanuzi Arikiyepisikopi Malaki yahanuye mu mwaka wa 1143 bwavugaga ko Papa Francis ari we wa nyuma uhereye kuri Papa Celestino II wari watowe icyo gihe. Ubwo buhanuzi bwavuze ko Papa…

Read more

Uganda: Pasiteri wishe umugore we yahanishijwe gufungwa imyaka 12

Pasiteri wo mu itorero rya Angilikani muri Uganda witwa David Ssekibaala yakatiwe gufungwa imyaka 12 muri gereza, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore we. Urukiko rukuru rwa Luweero muri…

Read more

Dore amadini n’amatorero byahagaritswe burundu mu Rwanda

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere, RGB, rwahagaritse burundu mu Rwanda imiryango 14 ishingiye ku kwemera (amadini n’amatorero), mu gihe indi 4 yahagaritswe by’agateganyo kubera kutagira ubuzima gatozi, kandi ibyangombwa yari yahawe…

Read more

Anglican na Islam bigiye kuyobora Umuryango w’impuzamadini n’Amatorero

Umushumba Mukuru w’Itorero rya Anglican mu Rwanda (Archb Dr.Laurent Mbanda, yatorewe kuyobora umuryango wa RIC (Rwanda inter-Religious council) uhuza amatorero, amadini na kiliziya, akaba asimbuye Mgr Filipo Rukamba wa Diyoseze…

Read more

Ibintu 5 byagufasha kunesha icyaha cyubusambanyi

Ubusambanyi ni icyaha kibi Imana yanga kuko gikorerwa imbere mu mubiri,bibiliya itubwira ko dukwiriye kuzibukira gusambana ibindi byaha byose bikorerwa inyuma y’umubiri.1Abakorinto 7:18-19. Alarmnews.rw yaguteguriye zimwe mu ntabwe 5 za…

Read more