Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)
Umuhango wo gusezera bwa nyuma ku mubiri wa Gahongayire Claudine witabye Imana ku wa Kane w’icyumweru gishize, urimo kubera mu Gatsata aho yari atuye kuri uyu wa Kabiri tariki 12…
Read moreTrump yari yabiciye amarenga, Cardinal w’Umunyamerika abaye Papa
Cardinal w’Umunyamerika, Robert Francis atorewe kuba Papa, afata izina rya Leon XIV nyuma y’amatora yari amaze iminsi ibiri abera i Vatican muri Chapeli Sistine. Ku isaha ya saa kumi n’ebyiri…
Read moreDore bamwe mu bakaridinali barimo Abanyafurika bazavamo Papa mushya
Nyuma y’urupfu rwa Papa Fransisiko ku wa 21 Mata 2025, hari Abakaridinali 135 bafite imyaka y’amavuko iri munsi ya 80 bemerewe gutora uzamusimbura, baturuka mu bihugu 71 ku migabane yose…
Read moreUbuhanuzi bwo mu 1143 bwavugaga ko Papa Francis ari we wa nyuma
Ubuhanuzi Arikiyepisikopi Malaki yahanuye mu mwaka wa 1143 bwavugaga ko Papa Francis ari we wa nyuma uhereye kuri Papa Celestino II wari watowe icyo gihe. Ubwo buhanuzi bwavuze ko Papa…
Read moreUganda: Pasiteri wishe umugore we yahanishijwe gufungwa imyaka 12
Pasiteri wo mu itorero rya Angilikani muri Uganda witwa David Ssekibaala yakatiwe gufungwa imyaka 12 muri gereza, nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwica umugore we. Urukiko rukuru rwa Luweero muri…
Read moreDore amadini n’amatorero byahagaritswe burundu mu Rwanda
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Imiyoborere, RGB, rwahagaritse burundu mu Rwanda imiryango 14 ishingiye ku kwemera (amadini n’amatorero), mu gihe indi 4 yahagaritswe by’agateganyo kubera kutagira ubuzima gatozi, kandi ibyangombwa yari yahawe…
Read moreAnglican na Islam bigiye kuyobora Umuryango w’impuzamadini n’Amatorero
Umushumba Mukuru w’Itorero rya Anglican mu Rwanda (Archb Dr.Laurent Mbanda, yatorewe kuyobora umuryango wa RIC (Rwanda inter-Religious council) uhuza amatorero, amadini na kiliziya, akaba asimbuye Mgr Filipo Rukamba wa Diyoseze…
Read moreIbintu 5 byagufasha kunesha icyaha cyubusambanyi
Ubusambanyi ni icyaha kibi Imana yanga kuko gikorerwa imbere mu mubiri,bibiliya itubwira ko dukwiriye kuzibukira gusambana ibindi byaha byose bikorerwa inyuma y’umubiri.1Abakorinto 7:18-19. Alarmnews.rw yaguteguriye zimwe mu ntabwe 5 za…
Read more