Inteko irashaka umuceri w’umweru kandi uhumura nk’uva hanze

Inteko ishinga Amategeko, Umutwe w’Abadepite, ivuga ko Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi MINAGRI, hamwe n’ishinzwe Ubucuruzi n’Inganda MINICOM, zemeye gushyiraho ingamba zituma umusaruro w’ibigori n’umuceri ubasha guhatana n’utumizwa mu mahanga. Inteko ivuga…

Read more

REG ikomeje iperereza ku cyateye ibura ry’umuriro kuri uyu wa Kabiri

Urwego rushinzwe Ingufu mu Rwanda, REG, rurasaba Abaturarwanda kwihanganira ikibazo cy’ibura ry’umuriro gikomeje kugaragara muri iyi minsi, ariko rukizeza ko kizabonerwa igisubizo ubwo ibyavuye mu iperereza bizaba bimaze kugaragara. REG…

Read more

DUHAMIC-ADRI irizeza akazi urubyiruko rurenga 80,000

Umuryango ushinzwe guteza imbere icyaro, DUHAMIC-ADRI, urizeza urubyiruko rurenga ibihumbi 80 rwo mu turere 29 ukoreramo, kuzabona akazi keza bitarenze imyaka 2 (kugera muri 2027), gashingiye ahanini ku buhinzi bw’imboga…

Read more

MINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda mu Rwanda(MINICOM) yatangaje ko yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro na serivisi zo gusharija bateri zazo, ariko yirinda gutangaza ibyo bihano. MINICOM ivuga ko nyuma y’ubugenzuzi bwakozwe…

Read more

Muri zone y’inganda i Kigali bakomeje gusaba bisi zabarinda amabandi

Abakozi bo mu nganda zo muri Kigali Special Economic Zone (KSEZ) barasaba inzego zibishinzwe kubaha imodoka za rusange, kugira ngo baruhuke kugenda n’amaguru, aho bagera mu kazi bakererewe, ndetse n’iyo…

Read more

Mu Rwanda hatangijwe uruganda rukora ibikombe mu mpapuro

Mu Cyanya Cyahariwe Inganda, i Masoro mu Karere ka Gasabo, hatangijwe uruganda rwa mbere mu Rwanda rukora ibikombe byo mu mpapuro, rukaba rufite ubushobozi bwo gukora ibigera ku bihumbi 100…

Read more

RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…

Read more

Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndera hafungiye umugore witwa Ntakirutimana Beatrice w’imyaka 35 y’amavuko, akaba akurikiranyweho icyaha cyo gukora inzoga zitujuje ubuzirange zo mu bwoko bwa likeri(Liqueur). Ntakirutimana yafashwe na…

Read more