Hafi ya gare ya Nyanza hafatiwe abakekwaho ubwambuzi banywa urumogi
Ku wa Kabiri tariki ya 07 Ukwakira 2025, mu Karere ka Kicukiro, Umurenge wa Gatenga, Akagari ka Nyanza, Umudugudu wa Isonga, hafatiwe abagabo 7 bakurikiranyweho gutega abajya n’abava muri Gare…
Read moreGitifu w’Akarere n’abandi 13 bafunzwe bazira kurya iby’abarokotse Jenoside
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwafunze abantu 14 barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa (Gitifu) w’Akarere ka Nyabihu, Mugiraneza David, n’abandi baregwa kuba abafatanyacyaha, harimo abakozi bashinzwe amasoko, ushinzwe ubwubatsi, ushinzwe imibereho myiza,…
Read moreNi hehe hagaragara umwuka wanduye mu Rwanda, hateza ikihe kibazo?
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije REMA, hamwe na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) bisaba Abaturarwanda gushyigikira gahunda yo gusukura umwuka abantu bahumeka, kuko biri mu byakumira impfu zituruka ku ndwara, cyane cyane…
Read moreKugeza internet ya 5G mu mashuri byaba bizateza abarimu gutakaza akazi?
Umushinga wa Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) wiswe ‘Smart Education Project ugamije gukwirakwiza murandasi (internet) y’ikiragano cya 5(5G) mu mashuri yose mu Rwanda, hari abarimu wateye impungenge z’uko bashobora gutakaza akazi bitewe…
Read moreMu bakunda u Rwanda Umunyamerika Howard Buffet yabaye intangarugero
Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko umuntu wese ukunda u Rwanda ari uwerekana ibikorwa bigamije ineza n’inyungu by’Abanyarwanda b’ibyiciro byose, we atareba inyungu ze bwite. Umuyobozi…
Read moreAimable karasira asigaje amezi 8 agafungurwa
Kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Nzeri 2025, Urukiko Rukuru, Urugereko rwa Nyanza, rwakatiye Aimable Karasira wahoze ari Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, igifungo cy’imyaka itanu, ariko ko bitewe n’uko…
Read moreMu Rwanda hatangiye gucukurwa imyobo izaterwamo ibiti miliyoni 72
Ikigo gishinzwe Amashyamba mu Rwanda(RFA) cyifatanyije n’abaturage hirya no hino mu Gihugu mu muganda wo gucukura imyobo izaterwamo ibiti bigera kuri miliyoni 72 muri iki gihe cy’imvura y’Umuhindo(imibare itangwa na…
Read moreRIB irashaka abakozi guhera ku barangije amashuri yisumbuye
Urwego rw’ Ubugenzacyaha(RIB) rwamenyesheje abantu bose bifuza akazi k’ubugenzacyaha ku myanya itandukanye y’Ubugenzacyaha (Investigator in different fields na Crime Intelligence staff) ko basabwa kwihutira gutanga ibyangombwa bisaba akazi, bagaragaza umwanya…
Read moreMu Turere 3 tw’i Kigali hafatiwe urumogi n’abarucuruza
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge, ANU, rikorera mu Mujyi wa Kigali rivuga ko ryafatanye abantu 3 udupfunyika 1,253 tw’urumogi, ribasanze mu turere dutatu tugize uyu mujyi wa Kigali, biturutse…
Read moreBugesera-Dore ingurukira, amashami y’ibiti ashibuka ku bindi bidasangiye ubwoko
Mu mudugudu wa Twinyange, Akagari ka Batima, Umurenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera, bavuga ko ibiti byabo bya avoka n’ibya gereveliya bikuze, byibasiwe no kumeraho amashami y’ibindi biti atari…
Read more