Imvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza
Mu gice cya kabiri cy’ukwezi k’Ukuboza 2025 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi iri hagati ya milimetero(mm) 30 na 130, ikaba iri hejuru…
Read moreLeta yatangiye gutanga ibiribwa ku bugarijwe n’amapfa
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) ivuga ko yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage bo mu Murenge wa Ndego w’Akarere ka Kayonza batahiriwe n’Umuhindo w’umwaka wa 2025, bakaba bamaze igihe bataka ko bugarijwe n’amapfa…
Read moreAbifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi
Ikigo nyafurika giteza imbere ikonjesha n’uruhererekane rwaryo (ACES) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda, bagiye kumara icyumweru bamurikira abafatanyabikorwa batandukanye uburyo bwo gukonjesha buzafasha u Rwanda gukumira iyangirika ry’umusaruro w’ubuhinzi,…
Read moreMu bakunda u Rwanda Umunyamerika Howard Buffet yabaye intangarugero
Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko umuntu wese ukunda u Rwanda ari uwerekana ibikorwa bigamije ineza n’inyungu by’Abanyarwanda b’ibyiciro byose, we atareba inyungu ze bwite. Umuyobozi…
Read moreMu Rwanda hatangiye gucukurwa imyobo izaterwamo ibiti miliyoni 72
Ikigo gishinzwe Amashyamba mu Rwanda(RFA) cyifatanyije n’abaturage hirya no hino mu Gihugu mu muganda wo gucukura imyobo izaterwamo ibiti bigera kuri miliyoni 72 muri iki gihe cy’imvura y’Umuhindo(imibare itangwa na…
Read moreBugesera-Dore ingurukira, amashami y’ibiti ashibuka ku bindi bidasangiye ubwoko
Mu mudugudu wa Twinyange, Akagari ka Batima, Umurenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera, bavuga ko ibiti byabo bya avoka n’ibya gereveliya bikuze, byibasiwe no kumeraho amashami y’ibindi biti atari…
Read moreInzuki zirimo gusinda izindi zikazibuza kwinjira mu muzinga
Mu gihugu cya Australia, ubushyuhe bwinshi burimo gutera umushongi w’indabo (nectar) gushya nk’inzoga, inzuki zajyamo guhova zigasinda, zigasubira mu muzinga zidandabirana. Hafi y’Inteko Ishinga Amategeko ya Australia hari abanyeshuri ba…
Read moreImvura yo mu mpeshyi imaze kwica 5, izageza ku wa kabiri-Meteo
Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo-Rwanda, kivuga ko imvura irimo kugwa mu bice bitandukanye by’Igihugu izageza kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kanama 2025, ikazongera kuboneka kuva tariki 26 z’uku kwezi,…
Read more













