Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka
Abaturage, cyane cyane abatuye ku misozi ihanamye mu Rwanda, baragirwa inama yo kutareka amazi y’imvura yinjira mu byobo byacukuwe mu ngo, ahubwo bagasabwa kuyayobora yose muri ruhurura, mu rwego rwo…
Read moreKIIWP-Kayonza: Ahigeze amapfa ubu barahinga igihe cyose
Umushinga wa Leta y’u Rwanda wiswe KIIWP wagenewe kuhira no kubungabunga ibyogogo mu mirenge yigeze kwibasirwa n’amapfa mu Karere ka Kayonza, uvuga ko abifuza gushora imari muri ako gace ubu bafite…
Read moreU Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB
Muri gahunda ya kabiri ya Guverinoma NST2 izarangira mu mwaka wa 2029, Leta y’u Rwanda yateganyije gukuba kabiri umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, harimo n’uw’amata, ariko mu bigomba gutanga ayo…
Read moreIhene zitwa Shami zaba igisubizo ku guhangana n’amapfa n’imirire mibi
Ihene zitwa Shami cyangwa ihene y’i Damasiko (Damascus goat) zororerwa mu bice by’isi bishyuha cyane aho bagira izuba ryinshi, zaba igisubizo ku baturage bibasirwa n’amapfa kuko zihanganira imihindagurikire y’ibihe, zikororoka…
Read moreKugeza uku kwezi kurangiye hazagwa imvura isanzweho muri Mutarama
Mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Mutarama 2026 (kuva taliki ya 21 kugeza taliki ya 31), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 7 na 110, ikaba iri ku…
Read moreHagiye kugwa imvura irengeje igipimo cy’isanzwe igwa muri iyi minsi
Mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Mutarama 2026 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 20 na 150, ikaba iri hejuru…
Read moreTumenye Antarctica igereranywa na firigo y’isi, aho ijoro n’amanywa bimara amezi 6(video)
Isi igizwe n’imigabane ya Afurika, Amerika, u Burayi, Aziya na Oceyaniya, ikaba ituwe n’abagera kuri miliyari 8, batwikiriwe n’akayunguruzo k’izuba (kitwa Ozone) kabatera gushyuha nk’abari mu cyumba cy’imfungane kitagira idirishya,…
Read moreImvura izaba nyinshi kurusha isanzwe igwa muri uku kwezi-Meteo
Iteganyagihe ry’ukwezi kwa Mutarama 2026 ryerekana ko mu Rwanda hashobora kugwa imvura iri hagati ya milimetero 50 na 300, ikazaba iri hejuru gato y’imvura isanzwe igwa mu mezi ya Mutarama…
Read moreMINAGRI na FAO batanze impamyabumenyi za IAMU ku bahinzi-borozi 91
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) hamwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO) bahaye impamyabumenyi abahinzi-borozi 91, hamwe na ba goronome n’aba veterineri 9, bose bari bamaze imyaka ine mu Ishuri…
Read more















