Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka

Abaturage, cyane cyane abatuye ku  misozi ihanamye mu Rwanda, baragirwa inama yo kutareka amazi y’imvura yinjira mu byobo byacukuwe mu ngo, ahubwo bagasabwa kuyayobora yose muri ruhurura, mu rwego rwo…

Read more

Kayonza-KIIWP: Bavuye ku myumbati yitwa Maguruyinkware

Abaturage b’i Kayonza bafashwa n’Umushinga wa Leta witwa KIIWP kuhira imirima nyuma yo kwibasirwa n’amapfa kuva mu myaka 10 ishize, ubu biteze umusaruro w’imyumbati uzasagurirwa amasoko, kuko bavuye ku mbuto…

Read more

KIIWP-Kayonza: Ahigeze amapfa ubu barahinga igihe cyose

Umushinga wa Leta y’u Rwanda wiswe KIIWP wagenewe kuhira no kubungabunga ibyogogo mu mirenge yigeze kwibasirwa n’amapfa mu Karere ka Kayonza, uvuga ko abifuza gushora imari muri ako gace ubu bafite…

Read more

U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

Muri gahunda ya kabiri ya Guverinoma NST2 izarangira mu mwaka wa 2029, Leta y’u Rwanda yateganyije gukuba kabiri umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, harimo n’uw’amata, ariko mu bigomba gutanga ayo…

Read more

Ihene zitwa Shami zaba igisubizo ku guhangana n’amapfa n’imirire mibi

Ihene zitwa Shami cyangwa ihene y’i Damasiko (Damascus goat) zororerwa mu bice by’isi bishyuha cyane aho bagira izuba ryinshi, zaba igisubizo ku baturage bibasirwa n’amapfa kuko zihanganira imihindagurikire y’ibihe, zikororoka…

Read more

Kugeza uku kwezi kurangiye hazagwa imvura isanzweho muri Mutarama

Mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Mutarama 2026 (kuva taliki ya 21 kugeza taliki ya 31), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 7 na 110, ikaba iri ku…

Read more

Hagiye kugwa imvura irengeje igipimo cy’isanzwe igwa muri iyi minsi

Mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Mutarama 2026 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 20 na 150, ikaba iri hejuru…

Read more

Tumenye Antarctica igereranywa na firigo y’isi, aho ijoro n’amanywa bimara amezi 6(video)

Isi igizwe n’imigabane ya Afurika, Amerika, u Burayi, Aziya na Oceyaniya, ikaba ituwe n’abagera kuri miliyari 8, batwikiriwe n’akayunguruzo k’izuba (kitwa Ozone) kabatera gushyuha nk’abari mu cyumba cy’imfungane kitagira idirishya,…

Read more

Imvura izaba nyinshi kurusha isanzwe igwa muri uku kwezi-Meteo

Iteganyagihe ry’ukwezi kwa Mutarama 2026 ryerekana ko mu Rwanda hashobora kugwa imvura iri hagati ya milimetero 50 na 300, ikazaba iri hejuru gato y’imvura isanzwe igwa mu mezi ya Mutarama…

Read more

MINAGRI na FAO batanze impamyabumenyi za IAMU ku bahinzi-borozi 91

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) hamwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO) bahaye impamyabumenyi abahinzi-borozi 91, hamwe na ba goronome n’aba veterineri 9, bose bari bamaze imyaka ine mu Ishuri…

Read more