RIB yavuze iby’umwana w’umukobwa wasambanye ahimana n’ababyeyi
Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, agira inama ababyeyi kukoresha imbaraga z’umurengera mu guhana abana, aho atanga urugero ku mwana w’umukobwa wishyiriye umuhungu umuruta akanishyurira lodge uwo musore kugira…
Read moreImpinduka muri Guverinoma-Dr Muligande muri Sena, Gen Kabarebe asubiye ku Bujyanama
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z’Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi…
Read moreUmuhanzi Master Fire wamaze imyaka 18 yiga Kaminuza agiye kurushinga
Hakizimana Innocent wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Master Fire, akaba yaramaze imyaka 18 yiga muri Kaminuza, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, umukobwa bitegura kurushinga mu minsi iri imbere. Ni umuhango…
Read moreKicukiro: Abanya-Eritrea bubatse ibibuga by’imikino harimo n’ahakinirwa igisoro
Abanya Eritrea batuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bubatse muri Kicukiro ibibuga bigezweho bikorerwaho imyitozo ngororamubiri, ndetse n’ahakinirwa indi mikino irimo igisoro. Ni ibibuga byubatswe mu Murenge wa Kagarama,…
Read moreInsengero muzivemo musengere kuri telefone-Perezida Kagame(video)
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakuriye inzira ku murima ba nyiri insengero zafunzwe bari bategereje ko zongera gufungurwa nyuma yo kuzuza ibyo basabwaga, birimo ikijyanye no kwirinda gusakuriza abaturanyi bazo,…
Read moreU Rwanda rugiye kwibanda kuri gaz ariko harebwa n’uko rwazakoresha nikereyeri
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko irimo gukorana n’Igihugu cya Arabiya Sawudite mu gushakira abaturage bose gaz yo gutekesha, harimo n’ab’amikoro make bazahabwa ijyanye n’ayo bakoreye ku munsi, ariko hanatekerezwa ku…
Read moreUko ibishingwe byaba imari ishyushye n’ubukungu bwisubira mu Rwanda-Abahinzi
Ubashije kurundarunda ibyatsi, amababi y’ibiti n’ibindi bisigazwa by’ibintu byose bibasha kubora, ukabishyira mu ngarani, ugashyiramo iminyorogoto, birahagije ko nyuma y’amezi abiri watangira gukirigita ifaranga rivuye ku kugurisha ifumbire y’imborera, aho…
Read moreRuberintwari waregwaga kwica Umutoniwase na we yapfuye arashwe
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba, SP Twizeyimana Hamdun, yatangaje ko Ruberintwari Nelson wari ukurikiranyweho kwica Umutoniwase Diane yitaga inshuti ye, na we yapfuye arashwe na Polisi mu…
Read moreMuri zone y’inganda i Kigali bakomeje gusaba bisi zabarinda amabandi
Abakozi bo mu nganda zo muri Kigali Special Economic Zone (KSEZ) barasaba inzego zibishinzwe kubaha imodoka za rusange, kugira ngo baruhuke kugenda n’amaguru, aho bagera mu kazi bakererewe, ndetse n’iyo…
Read moreIgishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Kigali kizaba cyakemuye akajagari mu myaka itandatu
Uduce dutandukanye tw’i Kigali dutuweho mu bucucike, dufite imyaka irindwi kuva muri 2024-2031 kugira ngo tube twashyizwemo imiturire igezweho, igizwe n’inzu zigeretse inshuri imwe, nk’uko Igishushanyo mbonera cy’uyu mujyi kibigaragaza.…
Read more
















