Karongi: Abagura n’abagurisha ibigori bibisi cyangwa byokeje bazabihanirwa
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi bwabujije abantu kugura no kugurisha ibigori bibisi cyangwa byokeje, kugira ngo burengere abahinzi bamariraga umusaruro w’ibigori mu murima bitarera. Itangazo Ubuyobozi bw’uwo…
Read moreUmuriro wongeye kubura henshi mu Gihugu kuri uyu wa Mbere
Ibura ry’umuriro w’amashanyarazi ryabayeho ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki 05 Mutarama 2026 ryatunguye benshi, batangira kwandika ku mbuga nkoranyambaga binubira Ikigo gishinzwe ingufu REG n’ubwo cyari kimaze…
Read moreIsombe ntirigitekwa ari isombe gusa, uko rifasha mu igenamigambi ry’urugo
Kimwe mu byo ababyeyi benshi barema isoko badashobora kuvayo bataguze ni isombe. Bararigura, bakarivanga n’imboga z’amoko atandukanye, bakarisesha, bakariteka, bamwe ngo bashobora kumara icyumweru cyose barishyushya badatetse izindi mboga, bakagorwa…
Read moreImvura izaba nyinshi kurusha isanzwe igwa muri uku kwezi-Meteo
Iteganyagihe ry’ukwezi kwa Mutarama 2026 ryerekana ko mu Rwanda hashobora kugwa imvura iri hagati ya milimetero 50 na 300, ikazaba iri hejuru gato y’imvura isanzwe igwa mu mezi ya Mutarama…
Read more1/4 cy’ikinyejana kirarangiye, dore iby’ingenzi byabaye mu Rwanda kugeza ubu
Tariki ya 01 Mutarama 2000 ubwo ikinyejana cya 21 cyari gitangiye, hari imbaga y’abaturage baraye muri Sitade Amahoro, bamwe bari bamaze kurya utwabo bibwira ko imperuka iza kuba, batungurwa no…
Read moreMINAGRI na FAO batanze impamyabumenyi za IAMU ku bahinzi-borozi 91
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) hamwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO) bahaye impamyabumenyi abahinzi-borozi 91, hamwe na ba goronome n’aba veterineri 9, bose bari bamaze imyaka ine mu Ishuri…
Read moreCHENO yibukije Abanyarwanda Indangagaciro na kirazira zazo
Mu gihe u Rwanda rwitegura kwizihiza umunsi w’Intwari z’Igihugu ku itariki ya 01 Gashyantare 2026, Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO) rwibukije Abanyarwanda Indangagaciro z’Umuco w’u Rwanda, buri…
Read moreAkarere ka Gasabo kahaye ubunani abaturage batishoboye
Mu rwego rwo gufasha abaturage b’amikoro make kwishimira iminsi mikuru isoza umwaka wa 2025, Ubuyobozi bw’Akarere ka Gasabo bwatanze ibiribwa, ibikoresho by’isuku, imyambaro n’ubwisungane mu kwivuza ku batujwe mu midugudu…
Read moreRulindo: Bakomeje gutakambirira Padiri Mukuru ufungiwe muri Transit Center
Abayoboke ba Kiliziya Gatolika, by’umwihariko abo muri Paruwasi ya Rutonde, iherereye mu Murenge wa Shyorongi mu Karere ka Rulindo muri Arkidiyosezi ya Kigali, baratakambirira Padiri Mukuru wabo witwa Gakuba Célestin,…
Read moreDUHAMIC-ADRI irizeza akazi urubyiruko rurenga 80,000
Umuryango ushinzwe guteza imbere icyaro, DUHAMIC-ADRI, urizeza urubyiruko rurenga ibihumbi 80 rwo mu turere 29 ukoreramo, kuzabona akazi keza bitarenze imyaka 2 (kugera muri 2027), gashingiye ahanini ku buhinzi bw’imboga…
Read more
















