Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka
Abaturage, cyane cyane abatuye ku misozi ihanamye mu Rwanda, baragirwa inama yo kutareka amazi y’imvura yinjira mu byobo byacukuwe mu ngo, ahubwo bagasabwa kuyayobora yose muri ruhurura, mu rwego rwo…
Read moreKIIWP-Kayonza: Ahigeze amapfa ubu barahinga igihe cyose
Umushinga wa Leta y’u Rwanda wiswe KIIWP wagenewe kuhira no kubungabunga ibyogogo mu mirenge yigeze kwibasirwa n’amapfa mu Karere ka Kayonza, uvuga ko abifuza gushora imari muri ako gace ubu bafite…
Read moreKugeza uku kwezi kurangiye hazagwa imvura isanzweho muri Mutarama
Mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Mutarama 2026 (kuva taliki ya 21 kugeza taliki ya 31), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 7 na 110, ikaba iri ku…
Read moreHagiye kugwa imvura irengeje igipimo cy’isanzwe igwa muri iyi minsi
Mu gice cya kabiri cy’ukwezi kwa Mutarama 2026 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya milimetero 20 na 150, ikaba iri hejuru…
Read moreTumenye Antarctica igereranywa na firigo y’isi, aho ijoro n’amanywa bimara amezi 6(video)
Isi igizwe n’imigabane ya Afurika, Amerika, u Burayi, Aziya na Oceyaniya, ikaba ituwe n’abagera kuri miliyari 8, batwikiriwe n’akayunguruzo k’izuba (kitwa Ozone) kabatera gushyuha nk’abari mu cyumba cy’imfungane kitagira idirishya,…
Read moreImvura izaba nyinshi kurusha isanzwe igwa muri uku kwezi-Meteo
Iteganyagihe ry’ukwezi kwa Mutarama 2026 ryerekana ko mu Rwanda hashobora kugwa imvura iri hagati ya milimetero 50 na 300, ikazaba iri hejuru gato y’imvura isanzwe igwa mu mezi ya Mutarama…
Read moreImvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza
Mu gice cya kabiri cy’ukwezi k’Ukuboza 2025 (kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura nyinshi iri hagati ya milimetero(mm) 30 na 130, ikaba iri hejuru…
Read moreAbifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi
Ikigo nyafurika giteza imbere ikonjesha n’uruhererekane rwaryo (ACES) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda, bagiye kumara icyumweru bamurikira abafatanyabikorwa batandukanye uburyo bwo gukonjesha buzafasha u Rwanda gukumira iyangirika ry’umusaruro w’ubuhinzi,…
Read moreNi hehe hagaragara umwuka wanduye mu Rwanda, hateza ikihe kibazo?
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kubungabunga Ibidukikije REMA, hamwe na Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) bisaba Abaturarwanda gushyigikira gahunda yo gusukura umwuka abantu bahumeka, kuko biri mu byakumira impfu zituruka ku ndwara, cyane cyane…
Read moreHabayeho ubwirakabiri bw’ukwezi ku isi yose
Abantu bari hirya no hino ku migabane yose igize isi, no mu Rwanda by’umwihariko, babonye/barabona ubwirakabiri bw’ukwezi ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki 07 Nzeri 2025. Ubwirakabiri bw’ukwezi buturuka…
Read more















