Muri ADEPR Nyarugenge barwaniye mu materaniro(video)

Umwe mu bayoboke ba ADEPR utashatse kubwira Kigali Info amazina ye, avuga ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Kanama 2025 abantu bo mu rwego rw’ubuyobozi muri iryo Torero bafatanye…

Read more

Kabila ngo si uwa Kabila, arasabirwa igihano cy’urupfu

Abanyamategeko ba Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) basabye urukiko rukuru rwa gisirikare guhamya Joseph Kabila ibyaha byo kubeshya ko ari Umunyekongo nyamara ngo ari Umunyarwanda wagambaniye Igihugu cya…

Read more

Dore impamvu utazahabwa kwiga muri iki kigo niba ari ho wajuririye

Twifuje kukugaragariza impungenge z’uko umwana wawe ashobora kutazahabwa umwanya mu bigo bikurikira, niba ari ho wajuririye nyuma yo kubona ko aho uwo mwana yoherejwe na NESA mutahishimiye kubera impamvu zitandukanye.…

Read more

Urusengero rumaze imyaka 113 rwateruwe rwimurirwa ahandi

Ikigo gikora ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Suède cyitwa LKAB cyateruye urusengero ry’Abaluteri rw’ahitwa Kiruna rufite toni 672 z’uburemere, rwimurirwa mu ntera ya kilometero 5 ahitwa ‘Altar-Nate’, nyuma y’uko aho rwari…

Read more

Gasabo: 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko bafashwe

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yerekanye abagabo n’abasore 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko,nyuma y’uko abahacururiza n’abaturage baza guhahira muri iryo isoko bagaragarije ikibazo cyo kwibasirwa…

Read more

Itangazwa ry’amanota y’abanyeshuri, dore aho warebera

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA), iratangaza amanota y’abarangije amashuri abanza(P6) hamwe n’abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye(S3) kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Kanama 2025, saa cyenda…

Read more

Imvura yo mu mpeshyi imaze kwica 5, izageza ku wa kabiri-Meteo

Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo-Rwanda, kivuga ko imvura irimo kugwa mu bice bitandukanye by’Igihugu izageza kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kanama 2025, ikazongera kuboneka kuva tariki 26 z’uku kwezi,…

Read more

Putin yahawe icyubahiro kirenze, Trump atahira aho

Guhura kwa Perezida Trump wa Amerika na Putin w’u Burusiya hari ababinenze bavuga ko Perezida wa Amerika yabihombeyemo kuko nta cyo u Burusiya bwamwemereye kijyanye no guhagarika intambara muri Ukraine,…

Read more

‎Gasabo: Ubuzima basigaje barabumara bafunzwe nyuma yo gufatanwa urumogi

Uwitwa Ngirabatware Ferdinand w’imyaka 35 na ‎Nyiranizeyimana Honorine w’imyaka 30, bashobora kurangiriza ubuzima bwabo mu igororero (bafunzwe) nyuma yo ‘gufatanywa urumogi rwari rugiye gucuruzwa.’ Polisi y’Igihugu ikorera mu Mujyi wa…

Read more

MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

Inyungu y’ikigo cy’itumanaho, MTN Rwandacell Plc, mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka wa 2025 yageze kuri miliyari 6.3 Frw nyuma yo kwishyura imisoro. Ibi ngo bigaragaje intambwe nini mu…

Read more