Haje Covid-19 nshya yitwa XEC, abantu bihutire gufata urukingo
Ikinyamakuru BBC cy’Abongereza kivuga ko hari ubwoko bushya bwa Covid-19 bwitwa XEC bwatangiriye mu gihugu cy’u Budage, ariko bukaba ngo bwageze mu bihugu bitandukanye byo ku isi, biba ngombwa ko…
Read moreTrump yahungishijwe nyuma y’urufaya rw’amasasu aho yari ari muri siporo
Ikibuga cya Golf Donald Trump akoreraho Siporo, cyitwa Trump National Golf Club, kiri muri West Palm Beach muri Leta ya Florida cyumvikanyemo urufaya rw’amasasu bivugwa ko abamurinda barashe umuntu bikekwa…
Read moreGusura ni byiza ariko wakwirinda kubangamira abandi-Dr Nkusi
Muganga w’indwara zo mu mubiri, Dr Eugène Nkusi, avuga ko gusohora umwuka unyuze aho bitumira ibikomeye (byitwa gusura), ari ikimenyetso cy’uko umuntu afite imikorere myiza y’inzira z’igogora, ku buryo abantu…
Read moreKwemerera Ukraine kurasa mu Burusiya, imbarutso y’intambara ya 3 y’isi
Perezida w’u Burusiya, Vladmir Putin, yaburiye Umuryango wo gutabarana wa OTAN/NATO, ko nuhirahira ukemerera Ukraine gukoresha misile ziterwa ku ntera ndende, zikagera hagati mu Burusiya, intambara iri buhindure isura yerekera…
Read moreInganda zizabura umuriro mu masaha y’umugoroba mu mpera z’iki cyumweru
Ubuyobozi bwa Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG), bwatangaje ko umuriro w’amashanyarazi uzabura mu mpera z’iki cyumweru kuva saa kumi n’imwe z’umuguroba mu byanya byahariwe inganda bya Bugesera, Rwamagana, Nyagatare,…
Read moreHateganyijwe imvura nke n’ubushyuhe bwinshi hagati muri uku kwezi
Iteganyagihe ryatangajwe na Meteo-Rwanda kuri uyu wa Gatatu ryerekana ko hagati muri uku kwezi kwa Nzeri(kuva taliki ya 11 kugeza taliki ya 20), mu Rwanda hateganyijwe imvura nke ugereranyije n’isanzwe…
Read moreKu bifuza akazi mu nzego z’ibanze hari imyanya 1839 yashyizwe ku isoko
Ishyirahamwe ry’Uturere n’Umujyi wa Kigali, RALGA, ryatangaje ko inzego z’ibanze mu Tugari, mu Mirenge no mu Turere hakenewe abakozi bagera ku 1,839 bazaba bari mu myanya itandukanye. Bigaragara ko imirenge…
Read moreAbagenzi amagana baheze ku kibuga k’indege Jomo Kenyatta (JKIA) kubera imyigaragambyo y’abakozi
Abashinzwe umutekano barimo guturisha abigaragambya Imirimo ku kibuga cy’indege gikuru cya Kenya mu murwa mukuru Nairobi isa n’iyahagaze kubera imyigaragambyo y’abakora kuri iki kibuga barimo kwamagana ko leta igiye kugikodesha…
Read moreU Rwanda ruhagamye ikipe y’igihangange ya Nigeria
Yanditswe na Willian Bolgés Dasliva Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yanganyije n’ikipe ya Nigeria mu mukino urangiye ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 10 Nzeri 2024, ukaba wari…
Read moreU Rwanda rugiye kubaka ikimeze nka Silicon Valley yo muri USA
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa Umudugudu w’ikoranabuhanga wiswe ‘Kigali Innovation City’ mu cyanya cy’Inganda cya Kigali i Masoro mu Karere ka Gasabo, hagererwanywa na Silicon Valley…
Read more
















