Kenya: Pasiteri yerekanye umugore mushya yashatse, abagore 700 bava mu rusengero
Pasiteri James Ng’ang’a uzwi cyane mu bakunda kwigisha ijambo ry’Imana babinyujije kuri televiziyo, ndetse akaba ari we washinze Itorero rya ‘Neno Evangelism’ muri Kenya, yatangaje ko abagore 700 bimutse bakava…
Read moreKNC yikomye Radio y’Igihugu ayishinja gupfobya Gasogi United
Perezida wa Gasogi United Kakoza Nkuriza Charles, (KNC) yanenze abanyamakuru ba Radio Rwanda baherutse kugaragaza ko umukino wa Gasogi United FC na Rayon Sports udafite icyo uvuze imbere y’uwa CAF…
Read moreRubavu: Imodoka ya Bralirwa itwara ibinyobwa yakoze impanuka birangirika
Mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Nyakiriba mu kagari ka Gikombe mu mudugudu wa Rugerero, kuri uyu wa mbere tariki ya 23 Nzeri 2024, habereye impanuka y’imodoka yavaga kuri…
Read moreTrump yatangaje ko natsindwa amatora atazongera kwiyamamaza
Donald Trump, wabaye Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika wa 45, yatangaje ko naramuka atsinzwe amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu Ugushyingo uyu mwaka atazongera kwiyamamaza mu ya 2028. Trump…
Read moreUmukecuru yahanganye n’inzoka ya metero enye rubura gica
Mu gihugu cya Thailand, Umukecuru witwa Arom Arunroj w’imyaka 64 y’amavuko yahanganye n’inzoka ipima metero enye n’ibiro 20, rubura gica ubwo yari yamusagariye. Uyu mukecuru yatangaje ko hari mu masaha…
Read moreU Rwanda rwatangiye gukingira Mpox
Umukozi wo muri ministeri y’ubuzima mu Rwanda arimo gukingira Mpox Minisiteri y’ubuzima y’u Rwanda yatangaje ko yatangiye gukingira indwara y’Ubushita bw’inkende izwi nka Mpox, bahereye “ku bakora ubucuruzi bwambukiranya imipaka,…
Read moreDore ibyica abantu benshi mu Rwanda, abagabo ni bo bibasiwe
Raporo ya 2023 y’Ikigo cy’Ibarurishamibare(NISR) yatangajwe muri Gicurasi 2024, igaragaza ko indwara zitandura zirimo umutima n’umuvuduko w’amaraso, kanseri, guturika k’udutsi tw’ubwonko, umwijima, indwara z’ubuhumekero n’izindi, zifite uruhare rungana na 61%…
Read moreIrani na Hezbollah barashinja Israel ko ari yo yashwanyuje ibyuma by’itumanaho bya Hezbollah
Amakuru dukesha VOA avuga yuko “umutwe wa Hezbollah na guverinema ya Irani bishinja Isirayeli gushwanyuza ibyuma bikoreshwa n’abarwanyi ba Hezbollah mu itumanaho.” Ni igitero cyahitanye abantu 12 harimo abana babiri,…
Read moreZimbabwe bagiye gutangira kubagira abaturage inzovu kubera amapfa
Inzego zishinzwe kubungabunga inyamaswa zo muri parike muri Zimbabwe zatangaje ko zigiye kwica inzovu 200 kugirango zigaburire abaturage bugarijwe n’inzara yatewe n’amapfa muri icyo gihugu. Amakuru dukesha VOA avuga ko…
Read moreUbwirakabiri no kuzora k”ukwezi byagaragaye mu kirere muri uru rukerera
Byari bibereye ijisho kuri benshi babirebaga Muri uru rukerera rwo ku wa gatatu taliki ya 18 Nzeri ku isaha ya saa 4:12 kugeza saa 4:44 ku masaha yo mu Rwanda…
Read more
















