Kuki aba Gen Z n’aba Millennials batitaba telefone?
Inkuru ya BBC Ubushakashatsi buheruka gukorwa bwerekana ko kimwe cya kane cy’abari hagati y’imyaka 18 na 34 batajya bitaba telephone – ababukoreweho bavuga ko birengagiza iyo telephone isona, bagasubiza banditse…
Read more“Nta ndyo y’umwihariko ngira, ndya ibyo mpawe kimwe n’abandi,” – Umugabo ukuze kurusha abandi ku isi
Umugabo ukuze kurusha abandi ku isi yatangaje ko “nta banga ryihariye” afite ryo kuramba, mu gihe ubu yujuje imyaka 112. John Tinniswood, wavutse tariki 26 Kanama (8) 1912, yabwiye Guinness…
Read moreHari Abanyarwanda bafatiwe i Goma bashinjwa gukorera M23
Kuwa Gatandatu w’iki cyumweru gishize mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo(DRC) hafatiwe abantu 15 barimo n’Abanyarwanda, bakaba bakurikiranyweho gushaka abo kwinjizwa mu mutwe wa M23. Umuyobozi…
Read morePutin na Xi Jin Ping bagiye guhurira mu Burusiya
Abakuru b’ibihugu bibiri by’ibihangange ku Isi, Vladimir Putin w’u Burusiya na Xi Jin Ping w’u Bushinwa, bazahurira i Kazen mu Burusiya mu nama y’ibihugu bigize BRICS, birwanya Amerika n’u Burayi…
Read moreImvura y’Umuhindo iratangirana n’ukwezi gutaha-Meteo
Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (METEO RWANDA) cyatangaje ko imvura iteganyijwe mu Muhindo wa 2024, iri ku kigero kigereranyije(atari nyinshi cyangwa nke). Iyi mvura ngo izatangira kugwa guhera tariki…
Read moreSandrine Isheja Butera abaye Umuyobozi wungirije wa RBA
Inama y’Abaminisitiri ya mbere iteranye muri iyi Manda nshya ya Perezida Kagame yafashe ingamba zo kwirinda ubushita bw’inkende(monkey pox), inashyira mu myanya abayobozi barimo Umunyamakuru Isheja Butera Sandrine. Isheja Butera…
Read moreBuri rugo rusabwa nibura ibiti 5 by’imbuto
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) igiye kumurikira abafatanyabikorwa gahunda yo gutera nibura ibiti 5 by’imbuto muri buri rugo, aho kuba bitatu byateganywaga mu mihigo y’Umudugudu. Kugira ibiti by’imbuto muri buri rugo…
Read moreAmadini n’amatorero 43 yahagaritswe mu Rwanda
Amadini n’amatorero 43 yahagaritswe mu Rwanda Kuri uyu wa 22 Kanama 2024, Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu(MINALOC) yatangaje ko ihagaritse amadini n’amatorero 43 ashinjwa kutagira ubuzima gatozi. Ibaruwa ihagarika ayo madini n’amatorero(imiryango…
Read moreZambia: bafite ubwoba nyuma y’urupfu rw’imbwa zirenga 400 zariye ibigori bihumanye
Minisiteri y’Ubuzima mu gihugu cya Zambia yatangaje ko itewe impungenge n’ubuzima bw’abaturage bariye ibigori cyangwa umutsima wabyo (kawunga), byahumanijwe n’uruhumbu nyuma y’urupfu rw’imbwa zirenga 400 mu kwezi gishizwe kwa Nyakanga.…
Read more