Trump atangije intambara y’amateka kuri Iran
Itariki ya 27 Gashyantare 2026 ishobora kwandikwa mu mateka y’isi kuko ari yo Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump, atangirijeho intambara ku gihugu cya Iran gishyigikiwe…
Read moreUzatanga 5,000Frw uvurwe neza-RSSB
Urwego rw’Ubwiteganyirize mu Rwanda (RSSB) ruvuga ko 75% ari abazatanga Mituelle itarenga 5,000Frw, bikazafasha Leta kongera ibikorwa by’ubuvuzi byishingirwa na Mituweli ndetse no kunoza serivisi z’ubuvuzi zihabwa abafite ubu bwisungane…
Read moreKIIWP-Kayonza: Ahigeze amapfa ubu barahinga igihe cyose
Umushinga wa Leta y’u Rwanda wiswe KIIWP wagenewe kuhira no kubungabunga ibyogogo mu mirenge yigeze kwibasirwa n’amapfa mu Karere ka Kayonza, uvuga ko abifuza gushora imari muri ako gace ubu bafite…
Read moreDore igikeri (umutubu) cyavuyeho uburozi bwishe Navalny
Ibihugu by’i Burayi birimo u Bwongereza bivuga ko uwari umuyobozi w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Perezida Vladmir Putin w’u Burusiya, Alexei Navalny, yishwe hifashishijwe uburozi buboneka ku ruhu rw’igikeri cy’umutubu gifite…
Read moreRwanda: Abantu bose bagiye gutura kuri 15% by’ubuso bw’Igihugu, mu midugudu 2 gusa ya buri kagari
Minisiteri y’Ibidukikije yatangaje ko Igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze y’ubutaka cyageneye Abaturarwanda aho gutura hangana na 15% by’ubuso bw’Igihugu bwose, aho buri kagari katazarenza imidugudu ibiri yo guturamo. Ibi byateje kwinuba kwa…
Read moreIrimbi rigiye kuzura n’ubwo benshi badakozwa ibyo gutwika imirambo
Ikigo gishinzwe gucunga Irimbi rya Rusororo kivuga ko hasigaye igihe kitarenze amezi 7 kugira ngo aho ryari ryarateganyirijwe huzure, nyamara cyarateganyaga ko iryo rimbi rizuzura mu mwaka wa 2029. Abaherekeza ababo bitabye…
Read morePerezida Ndayishimiye yasasiwe ibitenge avuye kugabana ubuyobozi bwa Afurika
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yakirijwe impundu, asasirwa ibitenge ageze i Bujumbura, aho yari avuye i Addis Abeba muri Ethiopia amaze guhabwa kuyobora Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe ku nshuro…
Read moreKwimura CHUK bigomba gukorwa hirindwa umubyigano ukabije w’imodoka-Depite
Guverinoma y’u Rwanda irateganya kwimurira i Masaka ibitaro bya Kaminuza CHUK bikava i Nyarugenge guhera mu kwezi gutaha kwa Werurwe, kugera muri Nzeri uyu mwaka, ariko umuhanda uzanyuzwamo abarwayi hari…
Read moreUruzinduko rw’Umukuru wa MONUSCO i Goma rwari rugamije iki?
Umuyobozi wungirije w’agateganyo w’Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye(UN) zoherejwe muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, MONUSCO, Vivian van de Perre, yemeje ko ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cy’i Goma gifunguwe nyuma y’umwaka urenga cyari kimaze…
Read more
















