Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine
Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaze kwemeza ko mu biganiro bizamuhuza na mugenzi we Vladimir Putin kuri uyu wa Gatanu, hazabaho gusuzuma niba u Burusiya butaharirwa…
Read moreGasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge
Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndera hafungiye umugore witwa Ntakirutimana Beatrice w’imyaka 35 y’amavuko, akaba akurikiranyweho icyaha cyo gukora inzoga zitujuje ubuzirange zo mu bwoko bwa likeri(Liqueur). Ntakirutimana yafashwe na…
Read moreKuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?
Ni ibiki bizakurikira E-Ndangamuntu cyangwa se Indangamuntu y’ikoranabuhanga izatangwa hafashwe ibimenyetso bitandukanye by’imiterere y’umuntu, harimo no gufotora imboni y’ijisho rya buri muntu? Imbuga zitandukanye zirimo Wikipedia, cl.cam.ac.uk, ica.gov.sg (rw’inzego z’umutekano…
Read moreAbacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10
Inama y’Ubucuruzi y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba(EABC) irakangurira Abacuruzi b’u Rwanda kwitabira Ihuriro ryiswe “East African Business & Investment Summit & Expo 2025” rizabera i Nairobi muri Kenya tariki 16-17 Ukwakira…
Read moreAgakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)
Umuhango wo gusezera bwa nyuma ku mubiri wa Gahongayire Claudine witabye Imana ku wa Kane w’icyumweru gishize, urimo kubera mu Gatsata aho yari atuye kuri uyu wa Kabiri tariki 12…
Read moreGusezera kuri Mama Thierry kanda hano wumve ubuhamya
Urupfu rwa Gahongayire Claudine(Mama Thierry) wari utuye mu Gatsata i Kigali rukomeje kugarukwaho na benshi mu bo yagiriye neza, bakaba bemeza ko yari umukristo nyawe urangwa n’urukundo. Tuguhaye link ya…
Read moreNyarugenge: Umukobwa ushinjwa gucuruza urumogi yafashwe
Kuri Sitasiyo ya Polisi ya Mageragere hafungiye umukobwa witwa Iradukunda Louise w’imyaka 25 y’amavuko, akaba yarafashwe ku wa Mbere tariki ya 11/08/2025 ahagana saa munani z’amanywa biturutse ku makuru yatanzwe…
Read moreKigali: Nyampeta yagiye gufata moto ye yibwe afatanwa urumogi
Polisi y’Igihugu ivuga ko hari uwitwa Nyampeta Gaspard w’imyaka 30 y’amavuko ufungiwe kuri Sitasiyo ya Kigarama mu Karere ka Kicukiro, nyuma yo kuhagera agiye gufata moto ye yari yibwe ariko…
Read moreKigali: Ngirinshuti na Ndindirimana barafunzwe bazira urumogi
Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwe (ANU) rikorera mu mu Mujyi wa Kigali, rivuga ko ryataye muri yombi uwitwa Ngirinshuti Azalias w’imyaka 22 and Ndindirimana Emmanuel w’imyaka 38, bakaba ngo…
Read moreNyarugenge: Dore ibihano bitegereje abashinjwa ubujura bafashwe
Kigali Info irakwereka ingingo z’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano muri rusange, zihana umuntu wese uhamijwe n’urukiko icyaha cy’ubujura kidasiba kugaragazwa hirya no hino mu Gihugu. Ku wa Gatanu tariki ya 08/08/25,…
Read more