RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo
Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…
Read moreKigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi
Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…
Read moreMu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS
Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE) yatangaje ko mu myaka itatu iri imbere izaba yujuje umubare w’abaganga n’abaforomo isabwa n’Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS), bikazajyana no kongera umubare w’amavuriro y’ibanze ku…
Read moreKayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Ubutasi ku Mari(FIC) rwashyize abantu 25 ku rutonde rw’abafatiwe ibihano kubera uruhare bafite mu bikorwa by’iterabwoba no kubitera inkunga, hashingiwe ku Iteka rya Minisitiri w’Intebe ryo…
Read moreDr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri
Dr Frank Habineza uyobora Ishyaka riharanira Demukarasi no kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Green Party) hamwe na Nkubana Alphonse uyobora Ishyaka ry’Ubwisungane bugamije Iterambere, PSP, batowe nk’abakandida Senateri, bazasimbura abagiye gusoza…
Read moreHakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi
Hari umuturage wasabye Umunyamakuru witwa Oswald Mutuyeyezu kuri X kumukorera ubuvugizi, akaba yifuza ko mu mavugurura y’ingendo mu Mujyi wa Kigali ateganyijwe guhera mu kwezi k’Ugushyingo 2025, hazazamo agashya ko…
Read morePerezida wa Madagascar yahunze
Perezida w’ikirwa cya Madagascar, kimwe mu bihugu bigize Umugabane wa Afurika, Andry Rajoelina, yahunze kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ukwakira 2025 nyuma y’uko igisirikare kimuvuyeho kikifatanya n’abaturage bamaze iminsi…
Read morePolisi yafunze Mupenzi imufatanye amaburo afunga intsinga z’amashanyarazi
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali, yatangaje ko yafunze uwitwa Sabato Mupenzi w’imyaka 27 y’amavuko kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Ukwakira 2025, akaba yari atwaye ku igare…
Read moreIngabire Marie Immaculée wayoboraga Transparency yitabye Imana
Uwari Umuyobozi w’Umuryango Mpuzamahanga Urwanya Ruswa n’Akarengane mu Rwanda, Transparency International (TI_Rwanda), yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki 09 Ukwakira 2025, nyuma y’igihe kinini yari amaze…
Read moreAbifuza gukonjesha ibintu barimo kujya kubyigira mu Rubirizi
Ikigo nyafurika giteza imbere ikonjesha n’uruhererekane rwaryo (ACES) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda, bagiye kumara icyumweru bamurikira abafatanyabikorwa batandukanye uburyo bwo gukonjesha buzafasha u Rwanda gukumira iyangirika ry’umusaruro w’ubuhinzi,…
Read more