U Rwanda rugiye kwibanda kuri gaz ariko harebwa n’uko rwazakoresha nikereyeri
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko irimo gukorana n’Igihugu cya Arabiya Sawudite mu gushakira abaturage bose gaz yo gutekesha, harimo n’ab’amikoro make bazahabwa ijyanye n’ayo bakoreye ku munsi, ariko hanatekerezwa ku…
Read moreUko ibishingwe byaba imari ishyushye n’ubukungu bwisubira mu Rwanda-Abahinzi
Ubashije kurundarunda ibyatsi, amababi y’ibiti n’ibindi bisigazwa by’ibintu byose bibasha kubora, ukabishyira mu ngarani, ugashyiramo iminyorogoto, birahagije ko nyuma y’amezi abiri watangira gukirigita ifaranga rivuye ku kugurisha ifumbire y’imborera, aho…
Read moreRuberintwari waregwaga kwica Umutoniwase na we yapfuye arashwe
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba, SP Twizeyimana Hamdun, yatangaje ko Ruberintwari Nelson wari ukurikiranyweho kwica Umutoniwase Diane yitaga inshuti ye, na we yapfuye arashwe na Polisi mu…
Read moreMuri zone y’inganda i Kigali bakomeje gusaba bisi zabarinda amabandi
Abakozi bo mu nganda zo muri Kigali Special Economic Zone (KSEZ) barasaba inzego zibishinzwe kubaha imodoka za rusange, kugira ngo baruhuke kugenda n’amaguru, aho bagera mu kazi bakererewe, ndetse n’iyo…
Read moreIgishushanyo mbonera cy’Umujyi wa Kigali kizaba cyakemuye akajagari mu myaka itandatu
Uduce dutandukanye tw’i Kigali dutuweho mu bucucike, dufite imyaka irindwi kuva muri 2024-2031 kugira ngo tube twashyizwemo imiturire igezweho, igizwe n’inzu zigeretse inshuri imwe, nk’uko Igishushanyo mbonera cy’uyu mujyi kibigaragaza.…
Read moreUmuhanzi Vestine yanze umugabo umaze amezi ane ashakanye na we
Umuririmbyi w’indirimbo zitwa izo kuramya no guhimbaza Imana, Ishimwe Vestine yatangaje ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram ko yicujije impamvu yashakanye n’umugabo w’Umunya Burkina Faso, Idrissa Jean Luc Ouédraogo. Vestine yanditse…
Read moreUdashoboye kugura inzu ya miliyoni 25Frw azaba mu ya rusange-MININFRA
U Rwanda rurateganya gutuza mu nzu ziciriritse abadafite amikoro ahambaye, aho umuturage utazashobora kugura inzu iciriritse y’amafaranga abarirwa hagati ya miliyoni 25Frw na miliyoni 40Frw, azakodesha ahamworoheye mu byumba binini(salle)…
Read moreIbura ry’umuriro ku cyumweru ryaturutse ku miyoboro u Rwanda rusangiye n’Akarere-REG
Ikigo gishinzwe Ingufu mu Rwanda (REG) cyatangarije KIGALIINFO ko ibura ry’umuriro ryabayeho ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki 09 Ugushyingo 2025 mu Gihugu hose, ryaturutse ku miyoboro u Rwanda rusangiye…
Read moreKuzamura ibiciro bya lisansi na mazutu bigiye guca imodoka mu muhanda
Hari abafite imodoka zabo bwite bagaragaza impungenge ku izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peterori bimaze kwikuba inshuro zirenga 2 kuva mu myaka 10 ishize, aho babona ko izi modoka hamwe na…
Read moreRFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo
Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…
Read more
















