Ese waha amafaranga ‘umukozi w’Imana’ akagusengera ugakira indwara/inyatsi?
Hari abantu bavuga ko bambuwe ibintu cyangwa amafaranga n’abitwa abakozi b’Imana, aho babasanga bakababwira ko bashobora kubafasha gukira indwara, ubumuga cyangwa inyatsi, nyamara baba babashutse nk’uko Bibiliya igaragaza ko umukozi…
Read moreEse Bibiliya Yera yemerera umuntu kunywa inzoga?
KIGALIINFO iragusobanurira ibyo abantu bamwe bajya bibaza ku kunywa inzoga bishingikirije imirongo yo muri Bibiliya Yera iri mu Butumwa bwiza bwanditswe na Yohana 2:1-11 ndetse no mu rwandiko Pawulo yandikiye…
Read moreIcyo Bibiliya ivuga ku gusuka umusatsi, kwambara ingofero cyangwa igitambaro
Ibitabo bitandukanye bigize Bibiliya Yera bivuga ku kudefiriza umutsatsi (gusokoza), gusuka ndetse no gutwikiriza umutwe igitambaro cyangwa ingofero, aho bigaragaza ko hari abantu babikora bikubahisha Imana, ariko hakaba n’ababikora bayisuzuguza.…
Read moreUwakurikiye Kristo aba yiyemeje guhomba iby’isi birimo uburiganya
Pawulo yandikiye Abafilipi ati “Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo-Abafilipi 3:7 Mu buzima busanzwe kamere muntu igira ibyo yitaho cyane ibonako ari inyungu, nyamara iyo…
Read more










