U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB
Muri gahunda ya kabiri ya Guverinoma NST2 izarangira mu mwaka wa 2029, Leta y’u Rwanda yateganyije gukuba kabiri umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, harimo n’uw’amata, ariko mu bigomba gutanga ayo…
Read moreIhene zitwa Shami zaba igisubizo ku guhangana n’amapfa n’imirire mibi
Ihene zitwa Shami cyangwa ihene y’i Damasiko (Damascus goat) zororerwa mu bice by’isi bishyuha cyane aho bagira izuba ryinshi, zaba igisubizo ku baturage bibasirwa n’amapfa kuko zihanganira imihindagurikire y’ibihe, zikororoka…
Read moreU Rwanda rwabonye ibimasa by’inka zishobora gukamwa litiro 10,000
Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi(RAB) cyakiriye ibimasaby’ifirizoni (holstein-friesian)bivuye mu Budage, bizatanga intanga z’inka z’umukamo mwinshi ushobora kugera kuri litiro ibihumbi 10 mu gihe cyose inka imara yonsa (ikamwa). Imbuga za…
Read moreKicukiro: Umushumba akurikiranyweho gusambanya inka yaragiraga
Ubushinjacyaha bwareze umushumba w’inka ufite imyaka 23 mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro, aho bumushinja gukora igikorwa gishingiye ku gitsina ku nyamaswa(cyo gusambanya inka yaragiraga). Icyaha uwo mushumba w’inka akurikiranyweho cyakozwe…
Read moreYitabaje TikTok asaba uwamufasha kubaga ingurube, haza abarenga 3000
Umukobwa wo mu Bushinwa witwa Daidai yabuze uwafasha se w’umusaza kwica ingurube 2 z’umunsi mukuru, yandika ku mbuga nkoranyambaga (TikTok) abisaba, atungurwa no kubona abantu barenga 3,000 mu rugo iwabo…
Read more











