RIB yemeye gushyiraho Umuvugizi wayo wungirije

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemereye Itangazamakuru ko rugiye gushyiraho Umuvugizi wungirije nyuma y’uko hari Abanyamakuru babitanzeho icyifuzo. Umunyamabanga Mukuru wa RIB, Col Pacifique Kayigamba Kabanda yabitangaje kuri uyu wa Gatanu…

Read more

Perezida Kagame na Tshisekedi basinyiye guhana amahoro imbere ya Trump

Imbere ya Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, abakuru b’ibihugu bya Congo n’u Rwanda bamaze gushyira umukono ku masezerano yo guhana amahoro hagati y’ibihugu byombi. U Rwanda…

Read more

Umuturage uhembwa munsi y’ibihumbi 100Frw arasabwa ruswa y’ibihumbi 269Frw-Transparency

Umuryango mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane, ishami ry’u Rwanda (Transparency International-Rwanda), uratabariza Abaturarwanda barenga 71% bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 100 ku kwezi, ariko bagasabwa ruswa ihanitse itari munsi y’ibihumbi 269Frw.…

Read more

RIB yavuze iby’umwana w’umukobwa wasambanye ahimana n’ababyeyi

Umuvugizi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira Thierry, agira inama ababyeyi kukoresha imbaraga z’umurengera mu guhana abana, aho atanga urugero ku mwana w’umukobwa wishyiriye umuhungu umuruta akanishyurira lodge uwo musore kugira…

Read more

Leta yatangiye gutanga ibiribwa ku bugarijwe n’amapfa

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) ivuga ko yatangiye gutanga ibiribwa ku baturage bo mu Murenge wa Ndego w’Akarere ka Kayonza batahiriwe n’Umuhindo w’umwaka wa 2025, bakaba bamaze igihe bataka ko bugarijwe n’amapfa…

Read more

Impinduka muri Guverinoma-Dr Muligande muri Sena, Gen Kabarebe asubiye ku Bujyanama

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, ashingiye ku ngingo za 116 na 112 z’Itegeko Nshinga, yakuyeho bamwe mu bagize Guverinoma ashyiramo abandi bashya, aho uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi…

Read more

Umuhanzi Master Fire wamaze imyaka 18 yiga Kaminuza agiye kurushinga

Hakizimana Innocent wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Master Fire, akaba yaramaze imyaka 18 yiga muri Kaminuza, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, umukobwa bitegura kurushinga mu minsi iri imbere. Ni umuhango…

Read more

Kicukiro: Abanya-Eritrea bubatse ibibuga by’imikino harimo n’ahakinirwa igisoro

Abanya Eritrea batuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bubatse muri Kicukiro ibibuga bigezweho bikorerwaho imyitozo ngororamubiri, ndetse n’ahakinirwa indi mikino irimo igisoro. Ni ibibuga byubatswe mu Murenge wa Kagarama,…

Read more

Insengero muzivemo musengere kuri telefone-Perezida Kagame(video)

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yakuriye inzira ku murima ba nyiri insengero zafunzwe bari bategereje ko zongera gufungurwa nyuma yo kuzuza ibyo basabwaga, birimo ikijyanye no kwirinda gusakuriza abaturanyi bazo,…

Read more

U Rwanda rugiye kwibanda kuri gaz ariko harebwa n’uko rwazakoresha nikereyeri

Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko irimo gukorana n’Igihugu cya Arabiya Sawudite mu gushakira abaturage bose gaz yo gutekesha, harimo n’ab’amikoro make bazahabwa ijyanye n’ayo bakoreye ku munsi, ariko hanatekerezwa ku…

Read more