Polisi yafashe abakekwaho kwiba abaturage muri Gasabo

Polisi ikorera mu Karere ka Gasabo yafashe abantu 13 bakurikiranyweho icyaha cy’ubujura, bakaba ngo bibaga abaturage mu Mirenge ya Jali na Ndera. Polisi ivuga ko abafashwe bategaga abaturage bakabambura babanje…

Read more

Intambara ibaye mbi, Trump asabye abatuye Tehran bose kuyivamo

Ntabwo byari byitezwe ko Ingabo y’icyuma ya Israel yitwa Iron Dome inanirwa gusama no kurasa ibisasu byose bigwa muri icyo gihugu, none nyuma y’uko muri Israel henshi hahindutse umuyonga kubera…

Read more

Trump yasinye itegeko rukumira abo mu bihugu bimwe kwinjira muri Amerika n’u Burundi mu rugero

Perezida wa Reta Zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump yasinye itegeko ribuza abaturage bo mu bihugu 12 kwinjira mu gihugu, ku mpamvu z’umutekano, nk’uko bivugwa na Maison Blanche/White House (ibiro…

Read more

Abantu barimo guhindurwa mudasobwa cyangwa ‘robots’

Iterambere ry’ubuvuzi ririmo gusimburiza abantu ingingo z’umubiri zibura, izirwaye, izishaje cyangwa izangiritse, ku buryo umuntu wo mu myaka izaza ashobora kuramba akarenza imyaka 150 ku isi, ariko hafi ya wese…

Read more

Agakiriro ka Gisozi kongeye gushya

Kuva saa munani z’igicuku cyo kuri kuri uyu wa Gatanu tariki 30 Gicurasi 2025, igice cy’Agakiriro ka Gisozi gikorerwamo intebe, ameza n’ibitanda cy’ahitwa muri ADARWA cyafashwe n’inkongi y’umuriro, aho Polisi…

Read more

Dore ibintu 10 bituma benshi basebera mu ruhame

Kujya mu bandi cyane cyane ahahurira abantu benshi, haba ku ishuri, mu muhanda, mu kazi, mu nama, mu rusengero n’ahandi, bisaba imyiteguro ihagije kugira ngo wirinde ipfunwe n’igisebo cyazatuma utongera…

Read more

Elon Musk yavuye muri White House ariko avuga ko Doge izakomeza

Elon Musk yakoreraga muri White House nk”Umukozi Udasanzwe wa Leta” Elon Musk yatangaje ko avuye mu butegetsi bwa Trump nyuma yo kuyobora ibikorwa byo kugabanya ingano ya leta ya Amerika…

Read more

Amerika yahagaritse gahunda zo gusaba visa ku banyeshuri bo mu mahanga

Ku wa kabiri, abanyeshuri kuri kaminuza ya Harvard University bakoze imyigaragambyo mu gushyigikira abanyeshuri bava mu mahanga  Ubutegetsi bwa Donald Trump bwategetse ambasade z’iki gihugu guhagarika guha gahunda abasaba visa…

Read more

Dore imirenge itazabona amazi kuva ku wa Kabiri kugera ku wa Kane

Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) cyatangarije abatuye mu mirenge imwe n’imwe y’Uturere twa Kicukiro na Gasabo mu Mujyi wa Kigali, ko batazabona amazi kuva ku wa Kabiri tariki 27…

Read more

Trump yari yabiciye amarenga, Cardinal w’Umunyamerika abaye Papa

Cardinal w’Umunyamerika, Robert Francis atorewe kuba Papa, afata izina rya Leon XIV nyuma y’amatora yari amaze iminsi ibiri abera i Vatican muri Chapeli Sistine. Ku isaha ya saa kumi n’ebyiri…

Read more