Dore amazina yiswe Abanyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda mu myaka yashize

Mu bigo bitandukanye bihuriramo abantu benshi nko mu mashuri, muri gereza, mu gisirikare, mu bacuruzi n’ahandi, usanga habaho ibikorwa byo kwakira abantu bashya babinjiyemo ariko bisa n’ibyo kubacisha bugufi kugira…

Read more

Umuhanda Kigali-Musanze unyuze i Rulindo wafunzwe by’agateganyo

Polisi y’u Rwanda yatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 28 Kanama 2024, ko umuhanda Kigali-Musanze uciye i Rulindo ufunzwe by’agateganyo nyuma y’impanuko y’ikamyo yabereye i Shyorongi. Itangazo rya Polisi rigira…

Read more

Abashaka kureba uko batsinze ibizamini bya Leta bakanda hano

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA), cyatangaje amanota y’abakoze ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye, icyiciro rusange muri 2024. Abashaka kureba uko batsinze ibyo bizamini bakora ‘copy and paste’…

Read more

Ibitero bikomeye by’Uburusiya byibasiye Ukraine kuri uyu wa kabiri

Inkuru ya BBC Uburusiya bwibasiye Ukraine mu yindi nkubiri y’ibitero byiciwemo abantu, umunsi umwe nyuma yuko buyigabyeho kimwe mu bitero binini cyane byo mu kirere bibayeho muri iyi ntambara. Abategetsi…

Read more

Umujyi wa Kigali uzashyiraho inzira za bisi gusa, ab’amikoro make bazahabwa inzu

Kajeneri Mugenzi Christian, Perezida w’Inama Njyanama y’Umujyi wa Kigali uherutse gutorerwa gusimbura Prof. Kayihura Muganga Didas, yijeje ko mu myaka itanu ya Manda nshya iri imbere, hazaba hagiyeho inzira zahariwe…

Read more

Menya ibitangaza biba mu ngendo isi ikora

  Iyi si twese twavukiyeho, tukaba tunayituyeho, iyo uyitegereje n’amaso yawe uba ubona ihamye hamwe ndetse rwose ituje mu buryo bukomeye !  Nyamara si ko bimeze, kuko uramutse uyitaruye, ukayitegereza,…

Read more

Dore aho wakurikira(live) itangazwa ry’amanota y’ibizamini bya Leta kuri uyu wa 2

Minisiteri y’Uburezi (MINEDCUC), ibinyujije mu kigo kiyishamikiyeho (NESA), iratangaza kuri uyu wa kabiri saa tanu z’amanywa,  amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye umwaka w’amashuri wa…

Read more

Kuki aba Gen Z n’aba Millennials batitaba telefone?

Inkuru ya BBC Ubushakashatsi buheruka gukorwa bwerekana ko kimwe cya kane cy’abari hagati y’imyaka 18 na 34 batajya bitaba telephone – ababukoreweho bavuga ko birengagiza iyo telephone isona, bagasubiza banditse…

Read more

Abacururiza mu isoko ry’i Nyamirambo baratakamba kuko bagiye kwirukanwa

Isoko rya Rwezamenyo/Nyamirambo ryubatswe mu 1980, rigiye gusenywa kugira ngo hashyirwe inyubako z’ubucuruzi zigezweho. Abacuruzi bo muri iryo soko bagera hafi kuri 700 bavuga ko ku wa Gatanu tariki 23…

Read more

“Nta ndyo y’umwihariko ngira, ndya ibyo mpawe kimwe n’abandi,” – Umugabo ukuze kurusha abandi ku isi

Umugabo ukuze kurusha abandi ku isi yatangaje ko “nta banga ryihariye” afite ryo kuramba, mu gihe ubu yujuje imyaka 112. John Tinniswood, wavutse tariki 26 Kanama (8) 1912, yabwiye Guinness…

Read more