Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko yatangiye gutuza abantu b’amikoro make mu nzu ziciriritse zubatswe muri site z’imiturire, n’ubwo kugeza ubu itarabonera inzu abifuza gukodesha bahembwa umushahara uri munsi y’ibihumbi 200Frw…
Read more






