Itangazwa ry’amanota y’abanyeshuri, dore aho warebera

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu kigo gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri(NESA), iratangaza amanota y’abarangije amashuri abanza(P6) hamwe n’abarangije icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye(S3) kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Kanama 2025, saa cyenda z’igicamunsi.

NESA yatanze urubuga rwa YouTube abantu bakumviraho bakanareberaho ibijyanye n’itangazwa ry’aya manota y’abakoze ibizamini bya Leta, nk’uko murubona hano.

Minisiteri y’Uburezi yatanatangaje ko umwaka w’amashuri 2025/2026 uzatangira ku wa Mbere tariki 8 Nzeri 2025.

Ku bijyanye n’iyi gahunda, hari abarezi n’abanyeshuri bavuga ko ibiruhuko birangiye vuba, ku buryo hari n’abatarabona igihe cyo kwitegura gutangira umwaka mushya, barimo abana basubiyemo amasomo batsinzwe, abarimu babigishije ndetse n’abamaze igihe bakosora ibizamini bya Leta.

Related Posts

Gasabo: 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko bafashwe

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Mujyi wa Kigali yerekanye abagabo n’abasore 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko,nyuma y’uko abahacururiza n’abaturage baza guhahira muri iryo isoko bagaragarije ikibazo cyo kwibasirwa…

Read more

Imvura yo mu mpeshyi imaze kwica 5, izageza ku wa kabiri-Meteo

Ikigo gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo-Rwanda, kivuga ko imvura irimo kugwa mu bice bitandukanye by’Igihugu izageza kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Kanama 2025, ikazongera kuboneka kuva tariki 26 z’uku kwezi,…

Read more

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Ntibigucike

Gasabo: 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko bafashwe

Gasabo: 29 bakekwaho kwiba mu isoko rya Kimironko bafashwe

Itangazwa ry’amanota y’abanyeshuri, dore aho warebera

Itangazwa ry’amanota y’abanyeshuri, dore aho warebera

Imvura yo mu mpeshyi imaze kwica 5, izageza ku wa kabiri-Meteo

Imvura yo mu mpeshyi imaze kwica 5, izageza ku wa kabiri-Meteo

Putin yahawe icyubahiro kirenze, Trump atahira aho

Putin yahawe icyubahiro kirenze, Trump atahira aho

‎Gasabo: Ubuzima basigaje barabumara bafunzwe nyuma yo gufatanwa urumogi

‎Gasabo: Ubuzima basigaje barabumara bafunzwe nyuma yo gufatanwa urumogi

MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025