RIB irashaka abakozi guhera ku barangije amashuri yisumbuye

Urwego rw’ Ubugenzacyaha(RIB) rwamenyesheje abantu bose bifuza akazi k’ubugenzacyaha ku myanya itandukanye y’Ubugenzacyaha (Investigator in different fields na Crime Intelligence staff) ko basabwa kwihutira gutanga ibyangombwa bisaba akazi, bagaragaza umwanya bifuza gupiganira.

RIB ikaba yifuza abakozi guhera ku barangije amashuri yisumbuye(A2), aho agomba kwandika asaba kuba Surveillance Officer, Operation  Officer and Tactical Response Officer, mu gihe ufite nibura impamyabumenyi ya Kaminuza(A0) ashobora kwandika asaba kuba Investigator in different fields.

Uwifuza akazi  muri RIB  agomba  kuba atarengeje imyaka 30 y’amavuko ku mwanya wa Investigator in different fields ndetse n’imyaka 25 ku myanya ya Surveillance Officer, Operations Officer na Tactical Response Officer.

Ibisobanuro birambuye bigaragara mu itangazo rya RIB rihamagarira abantu kwandika basaba akazi, hamwe n’umugereka waryo usobanura ibisabwa.

  • Related Posts

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…

    Read more

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…

    Read more

    Ntibigucike

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi