Abantu 9 mu Rwanda bamaze guhitanwa na Marburg

Nk’uko byatangajwe na ministeri y’ubuzima mu Rwanda, kuri uyu wa 30 Nzeri, icyorezo cya Marburg kimaze guhitana abantu 9, mu gihe harimo kuvurwa abarwayi 18, muri 27 bose hamwe bamaze kucyandura.

Igikorwa cyo gupima no gushakisha abahuye n’abarwayi kirakomeje.

Ibimenyetso by’ingenzi biranga iyi ndwara ni umuriro ukabije, kubabara umutwe bikabije, kubabara mikaya, gucibwamo no kuruka.

Uburyo bwo kuyirinda ni ukugira isuku muri rusange no kwirinda kwegerana cyangwa gukora ku wagaragaje ibimenyetso bya yo. Mu gihe wibonyeho ibimenyetso ihutire kujya ku ivuriro rikwegereye cyangwa uhamagare kuri nimero 114.

Twihanganishije imiryango yabuze ababo.

By Julien B.

  • Related Posts

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…

    Read more

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…

    Read more

    Ntibigucike

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi