Anglican na Islam bigiye kuyobora Umuryango w’impuzamadini n’Amatorero

Umushumba Mukuru w’Itorero rya Anglican mu Rwanda (Archb Dr.Laurent Mbanda, yatorewe kuyobora umuryango wa RIC (Rwanda inter-Religious council) uhuza amatorero, amadini na kiliziya, akaba asimbuye Mgr Filipo Rukamba wa Diyoseze Gatolika ya Butare.

Shehe Mussa Sindayigaya

Abandi batorewe kuyobora uwo muryango barimo Visi Perezida wa mbere, ari we Mufti Sheik Sindayigaya Musa uyobora Idini rya Islam, hamwe na ba Visi Perezida wa Kabiri ari bo Mgr Kayinamura Samuel w’Itorero Methodiste Libre ry’u Rwanda na Bishop Dr.Fidel Masengo wa Foursquare Gospel Church mu Rwanda.

Mgr Kayinamura na Bishop Masengo

Abajyanama ni Mgr Papias Musengamana wo muri Diyoseze Gatolika ya Byumba, Dr.Charles Mugisha na Bishop Dr.Gahungu Bunini.

  • Related Posts

    Bugesera-Dore ingurukira, amashami y’ibiti ashibuka ku bindi bidasangiye ubwoko

    Mu mudugudu wa Twinyange, Akagari ka Batima, Umurenge wa Rweru mu Karere ka Bugesera, bavuga ko ibiti byabo bya avoka n’ibya gereveliya bikuze, byibasiwe no kumeraho amashami y’ibindi biti atari…

    Read more

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)

    Umuhango wo gusezera bwa nyuma ku mubiri wa Gahongayire Claudine witabye Imana ku wa Kane w’icyumweru gishize, urimo kubera mu Gatsata aho yari atuye kuri uyu wa Kabiri tariki 12…

    Read more

    Ntibigucike

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi