Anglican na Islam bigiye kuyobora Umuryango w’impuzamadini n’Amatorero

Umushumba Mukuru w’Itorero rya Anglican mu Rwanda (Archb Dr.Laurent Mbanda, yatorewe kuyobora umuryango wa RIC (Rwanda inter-Religious council) uhuza amatorero, amadini na kiliziya, akaba asimbuye Mgr Filipo Rukamba wa Diyoseze Gatolika ya Butare.

Shehe Mussa Sindayigaya

Abandi batorewe kuyobora uwo muryango barimo Visi Perezida wa mbere, ari we Mufti Sheik Sindayigaya Musa uyobora Idini rya Islam, hamwe na ba Visi Perezida wa Kabiri ari bo Mgr Kayinamura Samuel w’Itorero Methodiste Libre ry’u Rwanda na Bishop Dr.Fidel Masengo wa Foursquare Gospel Church mu Rwanda.

Mgr Kayinamura na Bishop Masengo

Abajyanama ni Mgr Papias Musengamana wo muri Diyoseze Gatolika ya Byumba, Dr.Charles Mugisha na Bishop Dr.Gahungu Bunini.

  • Related Posts

    Ese waha amafaranga ‘umukozi w’Imana’ akagusengera ugakira indwara/inyatsi?

    Hari abantu bavuga ko bambuwe ibintu cyangwa amafaranga n’abitwa abakozi b’Imana, aho babasanga bakababwira ko bashobora kubafasha gukira indwara, ubumuga cyangwa inyatsi, nyamara baba babashutse nk’uko Bibiliya igaragaza ko umukozi…

    Read more

    Kiliziya Gatolika yavuze ku gisa n’amabonekerwa yabereye i Musanze

    Itangazo rigenewe Abanyamakuru ryashyizweho umukono na Padiri Mukuru wa Paruwasi Gatolika ya Busogo, rivuga ko hari igisa n’amabonekerwa yabereye i Musanze ku wa Gatanu w’iki Cyumweru gishize ariko akaba ataremezwa…

    Read more

    Ntibigucike

    Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo

    Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo

    Korora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi

    Korora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi

    Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga

    Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga

    Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?

    Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?

    Abazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura

    Abazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura

    Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka

    Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka