Banki nkuru y’u Rwanda yasohoye inoti nshya ya 5,000Frw n’iya 2,000Frw

Inoti nshya y’amafaranga 5,000 iriho ishusho ya Kigali Convention Center, mu gihe iya 2000Frw ifite ishusho y’imisozi ikikije ikiyaga cya Kivu.

Ubusanzwe iyo hari inoti nshya yasohotse, hashyirwaho igihe cyo kuba ikoreshwa ariko ikagenda icika mu mifuka y’abantu buhoro buhoro, kuko iyo igeze muri banki itongera gusohoka.

Banki Nkuru y’u Rwanda yamaze gushyira ahagaragara izi noti nshya kuri uyu wa Gatanu.

Izi noti zashyizweho n’Iteka rya Perezida n° 073/01 ryo ku wa 29/08/2024 rikaba ryamaze gutangazwa kuri uyu wa Gatanu.

 

  • Related Posts

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…

    Read more

    Mu bakunda u Rwanda Umunyamerika Howard Buffet yabaye intangarugero

    Urwego rushinzwe Intwari z’Igihugu, Imidari n’Impeta by’Ishimwe (CHENO), ruvuga ko umuntu wese ukunda u Rwanda ari uwerekana ibikorwa bigamije ineza n’inyungu by’Abanyarwanda b’ibyiciro byose, we atareba inyungu ze bwite. Umuyobozi…

    Read more

    Ntibigucike

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi