Banki nkuru y’u Rwanda yasohoye inoti nshya ya 5,000Frw n’iya 2,000Frw

Inoti nshya y’amafaranga 5,000 iriho ishusho ya Kigali Convention Center, mu gihe iya 2000Frw ifite ishusho y’imisozi ikikije ikiyaga cya Kivu.

Ubusanzwe iyo hari inoti nshya yasohotse, hashyirwaho igihe cyo kuba ikoreshwa ariko ikagenda icika mu mifuka y’abantu buhoro buhoro, kuko iyo igeze muri banki itongera gusohoka.

Banki Nkuru y’u Rwanda yamaze gushyira ahagaragara izi noti nshya kuri uyu wa Gatanu.

Izi noti zashyizweho n’Iteka rya Perezida n° 073/01 ryo ku wa 29/08/2024 rikaba ryamaze gutangazwa kuri uyu wa Gatanu.

 

  • Related Posts

    U Rwanda rwahawe miliyari 22 Frw azifashishwa mu guteza imbere ibyaro

    Amakuru ALARMNEWS ikesha ikinyamakuru IGIHE avuga y’uko Leta y’u Rwanda na Banki Itsura Amajyambere y’u Budage, KfW, basinye amasezerano y’inkunga ifite agaciro ka miliyari 22 Frw (miliyoni 15 z’Ama-Euro), azifashishwa…

    Read more

    Aborozi 175,000 bagiye gufashwa kuzamura umukamo muri RDDP2

    Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yatangije umushinga w’imyaka 6 wiswe RDDP2 ugamije guteza imbere ubworozi bw’inka zitanga umukamo, aho aborozi bazafashwa kongera umukamo bahangana n’imihindagurikire y’ibihe. Aborozi bahagarariye abandi mu jtangizwa…

    Read more

    Leave a Reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *

    Ntibigucike

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)