Aimable karasira asigaje amezi 8 agafungurwa

Kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Nzeri 2025, Urukiko Rukuru, Urugereko rwa Nyanza, rwakatiye Aimable Karasira wahoze ari Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, igifungo cy’imyaka itanu, ariko ko bitewe n’uko amaze imyaka ine n’amezi ane afunzwe, akaba asigaje igifungo cy’amezi umunani mu igororero.

Niba nta gihindutse, Karasira wiyitaga Prof Niga, azafungurwa mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kamena k’umwaka utaha wa 2026. Urukiko rwanategetse ko imitungo ye yafatiriwe irekurwa.

Urwego rw’Ubugenzacyaha(RIB) rwataye muri yombi Aimable Karasira ku itariki 31 Gicurasi 2021, aho rwavugaga ko akuriranyweho guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hamwe n’icyaha cyo gukurura amacakubiri.

Related Posts

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere(RDB) rwatangaje ko inyubako yarwo yari imaze imyaka mike itashywe, igiye gufungwa by’agateganyo guhera kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, kubera imirimo yo kuyivugurura. Biratuma…

Read more

Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

Umutwe wa AFC-M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo, uvuga ko ijoro ryakeye ku wa 02 Gicurasi 2026 ritari risanzwe nyuma y’aho igisirikare cya Congo(FARDC) n’abo bafatanyije ngo bagabye ibitero by’ubugome…

Read more

Ntibigucike

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’

Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’

Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge

Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge