Aimable karasira asigaje amezi 8 agafungurwa

Kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Nzeri 2025, Urukiko Rukuru, Urugereko rwa Nyanza, rwakatiye Aimable Karasira wahoze ari Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda, igifungo cy’imyaka itanu, ariko ko bitewe n’uko amaze imyaka ine n’amezi ane afunzwe, akaba asigaje igifungo cy’amezi umunani mu igororero.

Niba nta gihindutse, Karasira wiyitaga Prof Niga, azafungurwa mu ntangiriro z’ukwezi kwa Kamena k’umwaka utaha wa 2026. Urukiko rwanategetse ko imitungo ye yafatiriwe irekurwa.

Urwego rw’Ubugenzacyaha(RIB) rwataye muri yombi Aimable Karasira ku itariki 31 Gicurasi 2021, aho rwavugaga ko akuriranyweho guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, hamwe n’icyaha cyo gukurura amacakubiri.

Related Posts

Amazi agiye kubura muri iyi mpeshyi-Iteganyagihe

Iteganyagihe ryatangajwe n’ikigo mpuzamahanga ICPAC ku bufatanye n’Umuryango w’ibihugu bigize icyogogo cy’uruzi rwa Nili ‘Nile Basin Initiative(NBI)’,  rigaragaza ko muri iyi mpeshyi hazabaho kugabanuka gukomeye kw’amazi y’imigezi n’ibiyaga, bikazagira ingaruka ku…

Read more

Ubucuruzi muri Congo burakorwa bute muri iki gihe cya ebola?

Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Iterambere(RDB) rwatangaje ko Abanyamahanga bavuye muri Congo cyangwa abanyuzeyo mu gihe kitararenga iminsi 30 bakumiriwe kwinjira mu Rwanda, mu rwego rwo kwirinda icyorezo cya Ebola kimaze…

Read more

Ntibigucike

Amazi agiye kubura muri iyi mpeshyi-Iteganyagihe

Amazi agiye kubura muri iyi mpeshyi-Iteganyagihe

Ubucuruzi muri Congo burakorwa bute muri iki gihe cya ebola?

Ubucuruzi muri Congo burakorwa bute muri iki gihe cya ebola?

Afurika ntigomba gutegereza abibwira ko bafite isi n’ijuru mu biganza byabo-Perezida Kagame

Afurika ntigomba gutegereza abibwira ko bafite isi n’ijuru mu biganza byabo-Perezida Kagame

Aimable Karasira yapfuye

Aimable Karasira yapfuye

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye