
Urupfu rwa Gahongayire Claudine(Mama Thierry) wari utuye mu Gatsata i Kigali rukomeje kugarukwaho na benshi mu bo yagiriye neza, bakaba bemeza ko yari umukristo nyawe urangwa n’urukundo.
Tuguhaye link ya YouTube aho wakumvira ubuhamya bw’abantu babanye na we.
Gusezera bwa nyuma kuri Mama Thierry birakorwa kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Kanama 2025, iwe mu Gatsata mbere yo kwerekeza i Rusororo aho azashyingurwa.