Dore imirenge itazabona amazi kuva ku wa Kabiri kugera ku wa Kane

Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) cyatangarije abatuye mu mirenge imwe n’imwe y’Uturere twa Kicukiro na Gasabo mu Mujyi wa Kigali, ko batazabona amazi kuva ku wa Kabiri tariki 27 kugera ku wa Kane tariki 29 Gicurasi 2025.

WASAC ivuga ko ibi byatewe n’iyangirika ry’umuyoboro uvana amazi ku ruganda rwa Kanzenze (ruri ku mugezi w’Akagera, wambuka ujya mu Bugesera).

WASAC ivuga ko kubera iyo mpamvu imirenge ya Niboye, Kicukiro, Gahanga, Kigarama, Gikondo, Gatenga, Kanombe na Nyarugunga muri Kicukiro, ndetse na Kimironko, Remera na Ndera muri Gasabo itazabona amazi kuva ku wa Kabiri kugera ku wa Kane w’iki cyumweru.

WASAC irisegura ku bafatabuguzi bayo batazabona amazi muri iyi minsi, ariko ko iri gukora ibishoboka byose ngo isane ahangirirse kuri uwo muyoboro, kugira ngo serivisi zongere gutangwa nk’uko bisanzwe.

 

  • Related Posts

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko atumva uburyo abantu babiri bananirwa kubana nk’abashakanye kugera ubwo batandukana. Izi gatanya(divorces) zikaba ziganje mu bakiri bato barimo gushinga ingo muri iyi myaka…

    Read more

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    Muri gahunda ya kabiri ya Guverinoma NST2 izarangira mu mwaka wa 2029, Leta y’u Rwanda yateganyije gukuba kabiri umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, harimo n’uw’amata, ariko mu bigomba gutanga ayo…

    Read more

    Ntibigucike

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

    Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

    Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo

    Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo

    Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri

    Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri

    Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”

    Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”