Ikirunga cya Nyamuragira kirimo kuruka

Ikirunga cya Nyamuragira kirimo kuruka 

Ikigo gishinzwe gukurikirana ibyerekeye ibirunga kiri i Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Kongo cyemeje ko ikirunga cya Nyamuragira kiri mu burasirazuba bwicyo gihugu cyatangiye kuruka.

Umunyamakuru wa VOA uri i Goma mu birometero 25 uvuye kuri icyo kirunga aravuga ko abatuye mu mujyi wa Goma, cyane cyane impunzi zituye hafi y’iki kirunga batewe ubwoba no kuba gishobora kuruka cyerekeza mu mujyi wa Goma.

Kugeza ubu kirimo kuruka kerekeza muri parike y’ibirunga. Abaturage barifuza ko abahanga mu byerekeye ibirunga bakomeza kubikurikirana bagatanga inama ikwiye kandi ku gihe.

Reka turebe aho byerekeza, natwe  twiteguye kubagezaho amakuru yose ajyanye n’iruka ry’iki ikirunga.

Julien B.

  • Related Posts

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…

    Read more

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…

    Read more

    Ntibigucike

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi