Ukraine yifuza ko intambara irimwo n’Uburusiya yarangira mu 2025

Amakuru ya AFP dukesha VOA avuga yuko ‘Prezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, uri mu rugendo mu gihugu cy’Ubudage, yatangaje ko ashaka ko intambara iri hagati y’igihugu ke n’Uburusiya irangira mu mwaka utaha wa 2025.

Zelensky ari mu rugendo mu Budagi gusaba ko ico gihugu gikomeza guha ike imfashanyo ya gisirikare. Mu gihe Ukraine igiye kwinjira mu gihe cy’ubukonje ku nshuro ya gatatu kuva intambara n’Uburusiya itangiye. Zelensky muri urwo rugendo rw’imisi ibiri yagize ku mugabane w’Uburayi, arimo gusaba ibihugu bicuditse gukomeza kumushyigikira.

Imbere y’uko agera mu Budage kuri uyu wa gatanu, Zelensky yari yasuye ibihugu by’Ubwongereza, Ubufransa n’Ubutaliyani

Mu rugendo arimo mu gihugu cy’Ubudagi kuri uyu wa gatanu, Prezida Zelensky yashimiye icyo gihugu kuba gikomeza gufasha Ukraine. Yavuze kandi ko binekewe cyane ko iyo mfashanyo itagabanuka mu mwaka utaha wa 2025.

Yatangaje ko Abanya ukraine bashaka ko intambara yashenye igihugu cyabo, ndetse igahitana n’ubuzima bw’abantu batari bake, irangira ningoga. Minisitiri w’intebe w’Ubudagi Olaf Scholz, yemereye Prezida Zelensky ko Ubudagi n’ibihigu bikorana na bwo mw’ishyirahamwe ry’ubumwe bw’Uburayi bizoherereza Ukraine ibindi birwanisho muri uyu mwaka. Yavuze ko igihugu cye kizaha kandi Ukraine imfashanyo ya miliyali 5 z’amayero mu mwaka utaha wa 2025.’

Julien B

  • Related Posts

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaze kwemeza ko mu biganiro bizamuhuza na mugenzi we Vladimir Putin kuri uyu wa Gatanu, hazabaho gusuzuma niba u Burusiya butaharirwa…

    Read more

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndera hafungiye umugore witwa Ntakirutimana Beatrice w’imyaka 35 y’amavuko, akaba akurikiranyweho icyaha cyo gukora inzoga zitujuje ubuzirange zo mu bwoko bwa likeri(Liqueur). Ntakirutimana yafashwe na…

    Read more

    Leave a Reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *

    Ntibigucike

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)

    Gusezera kuri Mama Thierry kanda hano wumve ubuhamya

    Gusezera kuri Mama Thierry kanda hano wumve ubuhamya