Abafite abana mu mashuri ya Leta mushake code zabo mwishyuriraho

Ikigo cy’Imari cya Umwarimu SACCO cyakira amafaranga y’ishuri ku biga mu mashuri ya Leta n’afatanya na yo ku bw’amasezerano, cyatanze code ya Mobile Money(MoMo Pay Code) ababyeyi bajya bishyuriraho abana.

Gusa mbere yo kwishyura kuri iyo code, umubyeyi agomba kuba azi kode y’ishuri y’umwana we, bikaba bishobora guteza imirongo miremire ku ishuri guhera kuri uyu wa Mbere, ubwo abanyeshuri bazaba bagiye gutangira kwiga.

Mu rwego rwo kwirinda aka kavuyo, hari ubuyobozi bw’amashuri burimo gusaba ababyeyi kubumenyesha amashuri(classes) abana bigagamo kugira ngo bubashakire kode, bibarinde kuzindukira ku ishuri batonze umurongo.

Turaza kumenya uko inzego zibishinzwe zakemuye iki kibazo

 

 

  • Related Posts

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    Inyungu y’ikigo cy’itumanaho, MTN Rwandacell Plc, mu mezi atandatu ya mbere y’uyu mwaka wa 2025 yageze kuri miliyari 6.3 Frw nyuma yo kwishyura imisoro. Ibi ngo bigaragaje intambwe nini mu…

    Read more

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yamaze kwemeza ko mu biganiro bizamuhuza na mugenzi we Vladimir Putin kuri uyu wa Gatanu, hazabaho gusuzuma niba u Burusiya butaharirwa…

    Read more

    Leave a Reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *

    Ntibigucike

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)