Abarenga ibihumbi 22 bagiye muri   Espagne guterana inyanya

Mu gihugu cya Espagne, ahitwa Buñol,   habereye umukino wo guterana inyanya  witabiriwe n’abasaga ibihumbi 22 baturutse hirya no hino ku isi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kanama 2024.

Uyu mukino ngarukamwaka wiswe ‘Tomatina Festival’ uba buri wa Gatatu wa nyuma w’ukwezi kwa Kanama, aho abantu baterana inyanya bikajyana no guhita baseka, umuvu w’imvura ugatembana izo nyanya ugahindura inyanja umutuku.

Ni umukino umaze imyaka myinshi kuko ngo watangijwe mu mwaka wa 1945 aho abawitabira baturutse mu bice bitandukanye by’Isi, barwana baterana inyanya ziba zarangiritse.

  • Related Posts

    Dore ibintu 10 bituma benshi basebera mu ruhame

    Kujya mu bandi cyane cyane ahahurira abantu benshi, haba ku ishuri, mu muhanda, mu kazi, mu nama, mu rusengero n’ahandi, bisaba imyiteguro ihagije kugira ngo wirinde ipfunwe n’igisebo cyazatuma utongera…

    Read more

    Ntibigucike

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi