Abarenga ibihumbi 22 bagiye muri   Espagne guterana inyanya

Mu gihugu cya Espagne, ahitwa Buñol,   habereye umukino wo guterana inyanya  witabiriwe n’abasaga ibihumbi 22 baturutse hirya no hino ku isi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kanama 2024.

Uyu mukino ngarukamwaka wiswe ‘Tomatina Festival’ uba buri wa Gatatu wa nyuma w’ukwezi kwa Kanama, aho abantu baterana inyanya bikajyana no guhita baseka, umuvu w’imvura ugatembana izo nyanya ugahindura inyanja umutuku.

Ni umukino umaze imyaka myinshi kuko ngo watangijwe mu mwaka wa 1945 aho abawitabira baturutse mu bice bitandukanye by’Isi, barwana baterana inyanya ziba zarangiritse.

  • Related Posts

    Dore ibintu 10 bituma benshi basebera mu ruhame

    Kujya mu bandi cyane cyane ahahurira abantu benshi, haba ku ishuri, mu muhanda, mu kazi, mu nama, mu rusengero n’ahandi, bisaba imyiteguro ihagije kugira ngo wirinde ipfunwe n’igisebo cyazatuma utongera…

    Read more

    Leave a Reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *

    Ntibigucike

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)