Abarenga ibihumbi 22 bagiye muri   Espagne guterana inyanya

Mu gihugu cya Espagne, ahitwa Buñol,   habereye umukino wo guterana inyanya  witabiriwe n’abasaga ibihumbi 22 baturutse hirya no hino ku isi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kanama 2024.

Uyu mukino ngarukamwaka wiswe ‘Tomatina Festival’ uba buri wa Gatatu wa nyuma w’ukwezi kwa Kanama, aho abantu baterana inyanya bikajyana no guhita baseka, umuvu w’imvura ugatembana izo nyanya ugahindura inyanja umutuku.

Ni umukino umaze imyaka myinshi kuko ngo watangijwe mu mwaka wa 1945 aho abawitabira baturutse mu bice bitandukanye by’Isi, barwana baterana inyanya ziba zarangiritse.

  • Related Posts

    Dore ibintu 10 bituma benshi basebera mu ruhame

    Kujya mu bandi cyane cyane ahahurira abantu benshi, haba ku ishuri, mu muhanda, mu kazi, mu nama, mu rusengero n’ahandi, bisaba imyiteguro ihagije kugira ngo wirinde ipfunwe n’igisebo cyazatuma utongera…

    Read more

    Ntibigucike

    MINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro

    MINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro

    Congress ya FPR Inkotanyi ikoze amavugurura

    Congress ya FPR Inkotanyi ikoze amavugurura

    Kuki ababyeyi benshi mu Rwanda badashaka kongera kubyara!-NISR

    Kuki ababyeyi benshi mu Rwanda badashaka kongera kubyara!-NISR

    Imyaka 25 ya Desantaralizasiyo: Ni izihe serivisi ukijya gushakira i Kigali?

    Imyaka 25 ya Desantaralizasiyo: Ni izihe serivisi ukijya gushakira i Kigali?

    ADEPR: Insengero zirenga 1154 muri 3141 zizavaho burundu

    ADEPR: Insengero zirenga 1154 muri 3141 zizavaho burundu

    Imvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza

    Imvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza