
- Polisi y’ u Rwanda yatangaje ko umuhanda Kigali-Musanze unyuze i Rulindo wari wafunzwe by’agateganyo kubera impanuka y’ikamyo, wongeye kuba nyabagendwa.
Ubwo ikamyo yakoze impanuka yari icyitambitse mu muhanda, Polisi yari yasabye abantu kunyura mu muhanda Kigali-Rukomo-Gicumbi-Base, ariko ubu bemewe kunyura ahasanzwe.