Turusheho kumenya Yesu kristo

Yesu Kristo niwe Ibyanditswe Byera bishingiyeho
Tugiye kurebera hamwe ko ari Imana, turebe uko ari Imana, turebe uko yihinduye umuntu bitamubujije gukomeza kuba Imana, umurimo yakoze, indi mirimo akora «Ni na we shusho y’Imana itaboneka… » Abakolosayi 1:15; «…Imana kwerekanwa ifite umubiri… » (1timoteyo 3:16). «Iyo umbonye uba ubonye Data wa twese » (Yohana 14:9).
Kuko muri We arimo byose byaremewe… Niwe wabiremye… Ni na We byaremewe. Yesu ni Umuremyi wa byose, ijuru n’isi, n’ibindi.
Afite (Yesu Kristo) ububasha bwo kurema kandi ubwo bubasha niwe ubugenewe
Mu byaremwe byose nta na kimwe kitaremwe na we (Yohana 1:1-3) ari ibyo mu ijuru, ari n’ibyo mu isi. (Abakolosayi 1:16)

Mu butatu bw’Imana, niwe ushyira mu bikorwa ibijyanye no kurema. Niwe ibyaremwe byose bikesha kubaho, kuko ariwe ntandaro yo kurema. Byose niwe ibyaremwe byose bikesha kubaho. Kuko ariwe ntandaro yo kuremwa kwabyo. Niwe kubaho kwabyo «Muri we niho hari kuzura k’ubumana kose mu buryo bw’umubiri » Abakolosayi 2:9. Uyu murongo usobanura ko «muri we harimo kuzura k’Ubumana» cyangwa «muri we harimo kuzura kose k’Ubumana mu buryo bw’umubiri».
Source:bibiliya.com

  • Related Posts

    Umuhanzi Master Fire wamaze imyaka 18 yiga Kaminuza agiye kurushinga

    Hakizimana Innocent wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Master Fire, akaba yaramaze imyaka 18 yiga muri Kaminuza, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we, umukobwa bitegura kurushinga mu minsi iri imbere. Ni umuhango…

    Read more

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)

    Umuhango wo gusezera bwa nyuma ku mubiri wa Gahongayire Claudine witabye Imana ku wa Kane w’icyumweru gishize, urimo kubera mu Gatsata aho yari atuye kuri uyu wa Kabiri tariki 12…

    Read more

    Ntibigucike

    MINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro

    MINICOM yafatiye ibihano abagurisha moto za Spiro

    Congress ya FPR Inkotanyi ikoze amavugurura

    Congress ya FPR Inkotanyi ikoze amavugurura

    Kuki ababyeyi benshi mu Rwanda badashaka kongera kubyara!-NISR

    Kuki ababyeyi benshi mu Rwanda badashaka kongera kubyara!-NISR

    Imyaka 25 ya Desantaralizasiyo: Ni izihe serivisi ukijya gushakira i Kigali?

    Imyaka 25 ya Desantaralizasiyo: Ni izihe serivisi ukijya gushakira i Kigali?

    ADEPR: Insengero zirenga 1154 muri 3141 zizavaho burundu

    ADEPR: Insengero zirenga 1154 muri 3141 zizavaho burundu

    Imvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza

    Imvura igiye kuba nyinshi muri iyi minsi 10 yo hagati mu Kuboza