Turusheho kumenya Yesu kristo

Yesu Kristo niwe Ibyanditswe Byera bishingiyeho
Tugiye kurebera hamwe ko ari Imana, turebe uko ari Imana, turebe uko yihinduye umuntu bitamubujije gukomeza kuba Imana, umurimo yakoze, indi mirimo akora «Ni na we shusho y’Imana itaboneka… » Abakolosayi 1:15; «…Imana kwerekanwa ifite umubiri… » (1timoteyo 3:16). «Iyo umbonye uba ubonye Data wa twese » (Yohana 14:9).
Kuko muri We arimo byose byaremewe… Niwe wabiremye… Ni na We byaremewe. Yesu ni Umuremyi wa byose, ijuru n’isi, n’ibindi.
Afite (Yesu Kristo) ububasha bwo kurema kandi ubwo bubasha niwe ubugenewe
Mu byaremwe byose nta na kimwe kitaremwe na we (Yohana 1:1-3) ari ibyo mu ijuru, ari n’ibyo mu isi. (Abakolosayi 1:16)

Mu butatu bw’Imana, niwe ushyira mu bikorwa ibijyanye no kurema. Niwe ibyaremwe byose bikesha kubaho, kuko ariwe ntandaro yo kurema. Byose niwe ibyaremwe byose bikesha kubaho. Kuko ariwe ntandaro yo kuremwa kwabyo. Niwe kubaho kwabyo «Muri we niho hari kuzura k’ubumana kose mu buryo bw’umubiri » Abakolosayi 2:9. Uyu murongo usobanura ko «muri we harimo kuzura k’Ubumana» cyangwa «muri we harimo kuzura kose k’Ubumana mu buryo bw’umubiri».
Source:bibiliya.com

  • Related Posts

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)

    Umuhango wo gusezera bwa nyuma ku mubiri wa Gahongayire Claudine witabye Imana ku wa Kane w’icyumweru gishize, urimo kubera mu Gatsata aho yari atuye kuri uyu wa Kabiri tariki 12…

    Read more

    Muri 2025 isi izamanukirwa n’ibivajuru, imperuka itangire-Baba Vanga

    Umunyaburugariyakazi (Bulgarian) wapfuye ari umukecuru muri 1996 yasize ahanuye ko imperuka y’isi izatangira muri 2025, kandi ko kuva muri uwo mwaka abantu bazajya bahura n’ibiremwa bidasanzwe biturutse ku yindi mibumbe(ibivajuru).…

    Read more

    Ntibigucike

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

    Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi