RIB irashaka abakozi guhera ku barangije amashuri yisumbuye

Urwego rw’ Ubugenzacyaha(RIB) rwamenyesheje abantu bose bifuza akazi k’ubugenzacyaha ku myanya itandukanye y’Ubugenzacyaha (Investigator in different fields na Crime Intelligence staff) ko basabwa kwihutira gutanga ibyangombwa bisaba akazi, bagaragaza umwanya bifuza gupiganira.

RIB ikaba yifuza abakozi guhera ku barangije amashuri yisumbuye(A2), aho agomba kwandika asaba kuba Surveillance Officer, Operation  Officer and Tactical Response Officer, mu gihe ufite nibura impamyabumenyi ya Kaminuza(A0) ashobora kwandika asaba kuba Investigator in different fields.

Uwifuza akazi  muri RIB  agomba  kuba atarengeje imyaka 30 y’amavuko ku mwanya wa Investigator in different fields ndetse n’imyaka 25 ku myanya ya Surveillance Officer, Operations Officer na Tactical Response Officer.

Ibisobanuro birambuye bigaragara mu itangazo rya RIB rihamagarira abantu kwandika basaba akazi, hamwe n’umugereka waryo usobanura ibisabwa.

  • Related Posts

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere(RDB) rwatangaje ko inyubako yarwo yari imaze imyaka mike itashywe, igiye gufungwa by’agateganyo guhera kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, kubera imirimo yo kuyivugurura. Biratuma…

    Read more

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

    Umutwe wa AFC-M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo, uvuga ko ijoro ryakeye ku wa 02 Gicurasi 2026 ritari risanzwe nyuma y’aho igisirikare cya Congo(FARDC) n’abo bafatanyije ngo bagabye ibitero by’ubugome…

    Read more

    Ntibigucike

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

    Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

    Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

    Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’

    Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’

    Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

    Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

    Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge

    Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge