Dagalo yanashinje Misiri gutanga imyitozo ya gisirikare no guha za drone abasilikare ba Sudani mu gihe iki gihugu gikomeje kwibasirwa n’intambara hagati z’izi ngabo na RSF.
Hagati aha kandi, uyu muyobozi wa RSF, uzwi kw’izina rya Hemedti, arahamagarira abasirikare bose kujya ku birindiro byabo.
VOA/Reuters
By Julien B







