Banki nkuru y’u Rwanda yasohoye inoti nshya ya 5,000Frw n’iya 2,000Frw

Inoti nshya y’amafaranga 5,000 iriho ishusho ya Kigali Convention Center, mu gihe iya 2000Frw ifite ishusho y’imisozi ikikije ikiyaga cya Kivu.

Ubusanzwe iyo hari inoti nshya yasohotse, hashyirwaho igihe cyo kuba ikoreshwa ariko ikagenda icika mu mifuka y’abantu buhoro buhoro, kuko iyo igeze muri banki itongera gusohoka.

Banki Nkuru y’u Rwanda yamaze gushyira ahagaragara izi noti nshya kuri uyu wa Gatanu.

Izi noti zashyizweho n’Iteka rya Perezida n° 073/01 ryo ku wa 29/08/2024 rikaba ryamaze gutangazwa kuri uyu wa Gatanu.

 

  • Related Posts

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere(RDB) rwatangaje ko inyubako yarwo yari imaze imyaka mike itashywe, igiye gufungwa by’agateganyo guhera kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, kubera imirimo yo kuyivugurura. Biratuma…

    Read more

    Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

    Ishami ry’Urugaga rw’Abikorera(PSF) rishinzwe ubwikorezi bw’ibitumizwa n’ibyoherezwa mu mahanga, rivuga ko imodoka na moto z’amashanyarazi Leta isaba abantu kugura zihari ku bwinshi, ariko mu gihe yasabye abantu kuba ari zo…

    Read more

    Ntibigucike

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

    Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

    Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

    Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’

    Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’

    Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

    Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

    Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge

    Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge