Banki nkuru y’u Rwanda yasohoye inoti nshya ya 5,000Frw n’iya 2,000Frw

Inoti nshya y’amafaranga 5,000 iriho ishusho ya Kigali Convention Center, mu gihe iya 2000Frw ifite ishusho y’imisozi ikikije ikiyaga cya Kivu.

Ubusanzwe iyo hari inoti nshya yasohotse, hashyirwaho igihe cyo kuba ikoreshwa ariko ikagenda icika mu mifuka y’abantu buhoro buhoro, kuko iyo igeze muri banki itongera gusohoka.

Banki Nkuru y’u Rwanda yamaze gushyira ahagaragara izi noti nshya kuri uyu wa Gatanu.

Izi noti zashyizweho n’Iteka rya Perezida n° 073/01 ryo ku wa 29/08/2024 rikaba ryamaze gutangazwa kuri uyu wa Gatanu.

 

  • Related Posts

    U Rwanda rwabonye ibimasa by’inka zishobora gukamwa litiro 10,000

    Ikigo gishinzwe Iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi(RAB) cyakiriye ibimasaby’ifirizoni (holstein-friesian)bivuye mu Budage, bizatanga intanga z’inka z’umukamo mwinshi ushobora kugera kuri litiro ibihumbi 10 mu gihe cyose inka imara yonsa (ikamwa). Imbuga za…

    Read more

    MINAGRI na FAO batanze impamyabumenyi za IAMU ku bahinzi-borozi 91

    Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi(MINAGRI) hamwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa n’Ubuhinzi (FAO) bahaye impamyabumenyi abahinzi-borozi 91, hamwe na ba goronome n’aba veterineri 9, bose bari bamaze imyaka ine mu Ishuri…

    Read more

    Ntibigucike

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

    Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

    Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo

    Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo

    Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri

    Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri

    Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”

    Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”