Uwakurikiye Kristo aba yiyemeje guhomba iby’isi birimo uburiganya

Pawulo yandikiye Abafilipi ati “Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo-Abafilipi 3:7

Mu buzima busanzwe kamere muntu igira ibyo yitaho cyane ibonako ari inyungu, nyamara iyo tumaze gukizwa tukizera Yesu, twakira indi kamere y’Umwuka dukomora ku Mana.

Ibyo bigatuma twemera guhomba ibyo twabonaga nk’inyungu tukiyoborwa na kamere ku bwa Kristo, ni yo mpamvu tuba mu isi tunyuranya n’abari mu butware bwayo.

Ng’icyo igituma ab’isi banga abana b’Imana, bakabatega ibico bashaka kubagirira nabi, ariko kuguma muri Yesu wanesheje isi ni cyo kibafasha guhora banesha. Amen

  • Related Posts

    Ese Bibiliya Yera yemerera umuntu kunywa inzoga?

    KIGALIINFO iragusobanurira ibyo abantu bamwe bajya bibaza ku kunywa inzoga bishingikirije imirongo yo muri Bibiliya Yera iri mu Butumwa bwiza bwanditswe na Yohana 2:1-11 ndetse no mu rwandiko Pawulo yandikiye…

    Read more

    Icyo Bibiliya ivuga ku gusuka umusatsi, kwambara ingofero cyangwa igitambaro

    Ibitabo bitandukanye bigize Bibiliya Yera bivuga ku kudefiriza umutsatsi (gusokoza), gusuka ndetse no gutwikiriza umutwe igitambaro cyangwa ingofero, aho bigaragaza ko hari abantu babikora bikubahisha Imana, ariko hakaba n’ababikora bayisuzuguza.…

    Read more

    Ntibigucike

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

    Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

    Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo

    Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo

    Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri

    Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri

    Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”

    Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”