Turusheho kumenya Yesu kristo

Yesu Kristo niwe Ibyanditswe Byera bishingiyeho
Tugiye kurebera hamwe ko ari Imana, turebe uko ari Imana, turebe uko yihinduye umuntu bitamubujije gukomeza kuba Imana, umurimo yakoze, indi mirimo akora «Ni na we shusho y’Imana itaboneka… » Abakolosayi 1:15; «…Imana kwerekanwa ifite umubiri… » (1timoteyo 3:16). «Iyo umbonye uba ubonye Data wa twese » (Yohana 14:9).
Kuko muri We arimo byose byaremewe… Niwe wabiremye… Ni na We byaremewe. Yesu ni Umuremyi wa byose, ijuru n’isi, n’ibindi.
Afite (Yesu Kristo) ububasha bwo kurema kandi ubwo bubasha niwe ubugenewe
Mu byaremwe byose nta na kimwe kitaremwe na we (Yohana 1:1-3) ari ibyo mu ijuru, ari n’ibyo mu isi. (Abakolosayi 1:16)

Mu butatu bw’Imana, niwe ushyira mu bikorwa ibijyanye no kurema. Niwe ibyaremwe byose bikesha kubaho, kuko ariwe ntandaro yo kurema. Byose niwe ibyaremwe byose bikesha kubaho. Kuko ariwe ntandaro yo kuremwa kwabyo. Niwe kubaho kwabyo «Muri we niho hari kuzura k’ubumana kose mu buryo bw’umubiri » Abakolosayi 2:9. Uyu murongo usobanura ko «muri we harimo kuzura k’Ubumana» cyangwa «muri we harimo kuzura kose k’Ubumana mu buryo bw’umubiri».
Source:bibiliya.com

  • Related Posts

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)

    Umuhango wo gusezera bwa nyuma ku mubiri wa Gahongayire Claudine witabye Imana ku wa Kane w’icyumweru gishize, urimo kubera mu Gatsata aho yari atuye kuri uyu wa Kabiri tariki 12…

    Read more

    Muri 2025 isi izamanukirwa n’ibivajuru, imperuka itangire-Baba Vanga

    Umunyaburugariyakazi (Bulgarian) wapfuye ari umukecuru muri 1996 yasize ahanuye ko imperuka y’isi izatangira muri 2025, kandi ko kuva muri uwo mwaka abantu bazajya bahura n’ibiremwa bidasanzwe biturutse ku yindi mibumbe(ibivajuru).…

    Read more

    Leave a Reply

    Your email address will not be published. Required fields are marked *

    Ntibigucike

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    MTN Rwanda yungutse miliyari 6.3Frw mu gice cya mbere cya 2025

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Aha haba ari ho Putin na Trump bagiye guhurira bakagabana Ukraine

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Gasabo: Polisi yafunze umugore ushinjwa gukora likeri zitujuje ubuziranenge

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Kuki harimo gufatwa imboni y’ijisho mu itangwa ry’indangamuntu nshya?

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Abacuruzi b’u Rwanda bakanguriwe kwitabira inama muri Kenya mu kwa 10

    Agakiza ka Mama Thierry urimo gusezerwaho none (kurikira live)