Uko Perezida Maduro yagejejwe muri Amerika ameze

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika(USA) yategetse igisirikare kugaba ibitero muri Venezuela no ku murwa mukuru Caracas by’umwihariko, bikaba byibasiye cyane no ibigo bya gisirikare, akaba yaje gutangaza ko igisirikare cya USA cyamaze gufata Perezida Nicolas Maduro wa Venezuela.

Ibitangazamakuru birimo BBC bivuga ko iki gitero kiri mu bya mbere bikomeye Amerika(USA) ikoze ku mugabane wa Amerika y’Epfo kuva aho intambara y’ubutita itangiriye mu mwaka wa 1990.
Ibi bitero bya Amerika byatumye abaturage ba Venezuela bashya ubwoba, ndetse bigitangira Perezida Maduro yabyamaganye avuga ko ari ubushotoranyi bwa gisirikare bwa Amerika, ndetse atangaza hashyizweho ibihe bidasanzwe mu gihugu.

Ibi bitero bya Amerika byatumye abaturage ba Venezuela bashya ubwoba, ndetse bigitangira Perezida Maduro yabyamaganye avuga ko ari ubushotoranyi bwa gisirikare bwa Amerika, ndetse atangaza hashyizweho ibihe bidasanzwe mu gihugu.

Mu kirere cy’umurwa Mukuru wa Venezuela, Caracas, harimo kugaragara umwotsi mwinshi uzamuka uva mu bice bitandukanye by’ahantu hatewe missile za USA.

  • Related Posts

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko atumva uburyo abantu babiri bananirwa kubana nk’abashakanye kugera ubwo batandukana. Izi gatanya(divorces) zikaba ziganje mu bakiri bato barimo gushinga ingo muri iyi myaka…

    Read more

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    Muri gahunda ya kabiri ya Guverinoma NST2 izarangira mu mwaka wa 2029, Leta y’u Rwanda yateganyije gukuba kabiri umusaruro ukomoka ku buhinzi n’ubworozi, harimo n’uw’amata, ariko mu bigomba gutanga ayo…

    Read more

    Ntibigucike

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    Dore uko abayobozi bamwe bari bafatanye n’abo bashakanye bumva Perezida Kagame(video)

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    U Rwanda ntirukeneye amata y’ihene-RAB

    Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

    Tshisekedi avuze ikizakurikira guhuza ibikorwa k’u Rwanda na M23

    Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo

    Abamotari ba Spiro bavuga ko ikoranabuhanga ryahagaze ku wa kane ryabateje igihombo

    Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri

    Inzego z’Uburezi ziravugwamo ruswa ishingiye ku gitsina no kunyereza ibiribwa by’abanyeshuri

    Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”

    Ubutwari: MINUBUMWE yamaganye ‘Ikinyanglais’ n’imvugo zirimo “gutwika”