Dore imirenge itazabona amazi kuva ku wa Kabiri kugera ku wa Kane

Ikigo gishinzwe Amazi, Isuku n’Isukura (WASAC) cyatangarije abatuye mu mirenge imwe n’imwe y’Uturere twa Kicukiro na Gasabo mu Mujyi wa Kigali, ko batazabona amazi kuva ku wa Kabiri tariki 27 kugera ku wa Kane tariki 29 Gicurasi 2025.

WASAC ivuga ko ibi byatewe n’iyangirika ry’umuyoboro uvana amazi ku ruganda rwa Kanzenze (ruri ku mugezi w’Akagera, wambuka ujya mu Bugesera).

WASAC ivuga ko kubera iyo mpamvu imirenge ya Niboye, Kicukiro, Gahanga, Kigarama, Gikondo, Gatenga, Kanombe na Nyarugunga muri Kicukiro, ndetse na Kimironko, Remera na Ndera muri Gasabo itazabona amazi kuva ku wa Kabiri kugera ku wa Kane w’iki cyumweru.

WASAC irisegura ku bafatabuguzi bayo batazabona amazi muri iyi minsi, ariko ko iri gukora ibishoboka byose ngo isane ahangirirse kuri uwo muyoboro, kugira ngo serivisi zongere gutangwa nk’uko bisanzwe.

 

  • Related Posts

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    Urwego rw’Igihugu rushinzwe Iterambere(RDB) rwatangaje ko inyubako yarwo yari imaze imyaka mike itashywe, igiye gufungwa by’agateganyo guhera kuri uyu wa Kabiri tariki 05 Gicurasi 2026, kubera imirimo yo kuyivugurura. Biratuma…

    Read more

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

    Umutwe wa AFC-M23 urwanira mu burasirazuba bwa Congo, uvuga ko ijoro ryakeye ku wa 02 Gicurasi 2026 ritari risanzwe nyuma y’aho igisirikare cya Congo(FARDC) n’abo bafatanyije ngo bagabye ibitero by’ubugome…

    Read more

    Ntibigucike

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    RDB igiye kwimuka kugira ngo inyubako yayo ivugururwe

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

    Leta ya Congo irashinjwa kugaba ibitero bidasanzwe ku baturage mu ijoro ryakeye

    Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

    Kongera ibinyabiziga by’amashanyarazi bijyane no kongera sitasiyo zibisharija-PSF

    Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’

    Umuvugizi w’Itorero Inkurunziza yinubiwe n’Abanyetorero ‘kuko atatowe’

    Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

    Burundi: Minisitiri w’Itumanaho yasanzwe yapfiriye mu murima w’ibiti by’amamesa

    Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge

    Mu bafashwe mu cyumweru cy’icyunamo cy’uyu mwaka harimo Umuyobozi w’Umurenge