Abarenga ibihumbi 22 bagiye muri   Espagne guterana inyanya

Mu gihugu cya Espagne, ahitwa Buñol,   habereye umukino wo guterana inyanya  witabiriwe n’abasaga ibihumbi 22 baturutse hirya no hino ku isi, kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Kanama 2024.

Uyu mukino ngarukamwaka wiswe ‘Tomatina Festival’ uba buri wa Gatatu wa nyuma w’ukwezi kwa Kanama, aho abantu baterana inyanya bikajyana no guhita baseka, umuvu w’imvura ugatembana izo nyanya ugahindura inyanja umutuku.

Ni umukino umaze imyaka myinshi kuko ngo watangijwe mu mwaka wa 1945 aho abawitabira baturutse mu bice bitandukanye by’Isi, barwana baterana inyanya ziba zarangiritse.

  • Related Posts

    Dore ibintu 10 bituma benshi basebera mu ruhame

    Kujya mu bandi cyane cyane ahahurira abantu benshi, haba ku ishuri, mu muhanda, mu kazi, mu nama, mu rusengero n’ahandi, bisaba imyiteguro ihagije kugira ngo wirinde ipfunwe n’igisebo cyazatuma utongera…

    Read more

    Ntibigucike

    Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo

    Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo

    Korora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi

    Korora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi

    Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga

    Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga

    Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?

    Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?

    Abazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura

    Abazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura

    Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka

    Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka