BNR yazamuye urwunguko, ibiciro bizazamuka

Banki Nkuru y’u Rwanda imaze gutangaza ko yazamuye urwunguko fatizo rwayo, irushyira kuri 6,7% ruvuye kuri 6.5% rwari rwashyizweho muri Gicurasi uyu mwaka.

Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda, Soraya Hakuziyaremye, mu kiganiro n’itangazamakuru kuri uyu wa Kane, avuga ko iyi ari imyanzuro y’Akanama gashinzwe Politiki y’Ifaranga n’ishusho y’urwego rw’imari mu Rwanda y’iki gihembwe.

Abahanga mu bukungu bagaragaza ko ibi bihita bigira ingaruka ku biciro kuko amabanki na yo ahita azamura igipimo cy’inyungu yaka abakiriya baje gusaba inguzanyo, ari na byo biteza izamuka ry’ibiciro kuko abacuruzi bafashe iyo nguzanyo na bo batangira kuriza ibiciro kugira ngo badahomba.

Related Posts

RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

Imigano yatewe mu bibaya bya Nyabugogo, Nyaborongo n’Akanyaru mu myaka 15 ishize ubu yareze ku buryo hari nk’uwabyaye igitsinsi cy’imigano irenga 200, ikaba yatangiye kurambagizwa n’umushoramari uzayikoramo ibikoresho bitandukanye byo…

Read more

Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

Ushobora kuzenguruka karitiye yose nka Niboye muri Kicukiro cyangwa Nyarutarama muri Gasabo, aho imiturire yaho igizwe n’ibipangu by’abantu udashobora gukomangira ngo ubasabe ubwiherero, bigatuma abahageze bihutira kuhava kugira ngo batahafatirwa…

Read more

Ntibigucike

RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

RFA yabonye abashobora kubyaza umusaruro imigano yo kuri Nyabugogo na Nyabarongo

Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

Kigali-Barasaba ubwiherero kugira ngo bareke kwituma ku gasozi

Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

Mu myaka itatu u Rwanda ruzaba rwabonye umubare w’abaganga rusabwa na OMS

Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

Kayumba Nyamwasa n’abandi ku rutonde rw’abakora iterabwoba

Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

Dr Habineza na Nkubana batorewe kuba abasenateri

Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi

Hakenewe bisi iva i Mageragere, Downtown n’i Remera idahagaze- Umugenzi