Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, avuga ko atumva uburyo abantu babiri bananirwa kubana nk’abashakanye kugera ubwo batandukana. Izi gatanya(divorces) zikaba ziganje mu bakiri bato barimo gushinga ingo muri iyi myaka ya vuba.
Reba video hasi aho uko byari byifasha ubwo Perezida Kagame yajyaga inama zo kwirinda gatanya, hari mu masengesho ngarukamwaka yiswe Prayer Breakfast yabaye kuri iki cyumweru tariki 01 Gashyantare 2026






