Uwakurikiye Kristo aba yiyemeje guhomba iby’isi birimo uburiganya

Pawulo yandikiye Abafilipi ati “Nyamara ibyari indamu yanjye nabitekereje ko ari igihombo ku bwa Kristo-Abafilipi 3:7

Mu buzima busanzwe kamere muntu igira ibyo yitaho cyane ibonako ari inyungu, nyamara iyo tumaze gukizwa tukizera Yesu, twakira indi kamere y’Umwuka dukomora ku Mana.

Ibyo bigatuma twemera guhomba ibyo twabonaga nk’inyungu tukiyoborwa na kamere ku bwa Kristo, ni yo mpamvu tuba mu isi tunyuranya n’abari mu butware bwayo.

Ng’icyo igituma ab’isi banga abana b’Imana, bakabatega ibico bashaka kubagirira nabi, ariko kuguma muri Yesu wanesheje isi ni cyo kibafasha guhora banesha. Amen

  • Related Posts

    Ese waha amafaranga ‘umukozi w’Imana’ akagusengera ugakira indwara/inyatsi?

    Hari abantu bavuga ko bambuwe ibintu cyangwa amafaranga n’abitwa abakozi b’Imana, aho babasanga bakababwira ko bashobora kubafasha gukira indwara, ubumuga cyangwa inyatsi, nyamara baba babashutse nk’uko Bibiliya igaragaza ko umukozi…

    Read more

    Ese Bibiliya Yera yemerera umuntu kunywa inzoga?

    KIGALIINFO iragusobanurira ibyo abantu bamwe bajya bibaza ku kunywa inzoga bishingikirije imirongo yo muri Bibiliya Yera iri mu Butumwa bwiza bwanditswe na Yohana 2:1-11 ndetse no mu rwandiko Pawulo yandikiye…

    Read more

    Ntibigucike

    Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo

    Abagore n’abakobwa bagize FPR Inkotanyi bateraniye i Rusororo

    Korora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi

    Korora inkwavu mu Rwanda, umushinga wakorwa n’udafite amikoro menshi

    Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga

    Rwanda: Ibiciro bigiye kuzamuka nyuma y’uko mazutu itumbagiye ku masoko mpuzamahanga

    Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?

    Inzu ziciriritse zituzwamo ab’amikoro make i Kigali kugeza ubu ziri he?

    Abazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura

    Abazunguzayi bavuga ko gucururiza ku muhanda ari ukwirinda ubujura

    Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka

    Rwanda: Abaturage ntibongere kohereza amazi mu myobo kuko ubutaka batuyeho bwariduka